GUSOZA ICYUMWERU CY’UMUJYANAMA
Icyumweru cy’umujyanama mu Karere ka Nyabihu cyahawe insanganyamatsiko igira iti’’ Uruhare rw’umujyanama mu iterambetre ry’Akarere’’cyatangiye ku wa gatatu, tariki ya 04 Kamena 2025 gisozwa ku wa kabiri, tariki ya 10 Kamena 2025, aho abajyanama mu Nama Njyanama y’Akarere basuye Imirenge itandakanye mu Karere bakaganira n’abayobozi ku rwego rw’Umurenge, Akagari n’Umudugudu.
Abagize Inama Njyanama y’Akarere bari kumwe n’abakozi ku Karere basuzumye aho Imihigo y’umwaka 2024-2025 igeze ishyirwa mu bikorwa, nyuma bakorana inama n’abaturage, basobanura imikorere y’Inama Njyanama, baganira ku bibazo bibangamiye imibereho y’abaturage n’uburyo bwo kubikemura. Abitabiriye basubanurirwa gahunda za Leta n’uruhare rwabo mu kuzishyira mu bikorwa, bahabwa umwanya wo gutanga ibitekerezo n’ibyifuzo no kubaza ibibazo, ibyabajijwe byarasubijwe ibindi bihabwa umurongo.
Mu gihe cy’Icyumweru cy’Umujyanama cyabaye kuva ku wa 17 kugeza ku wa 19 Kamena 2026, abagize Inama Njyanama basuye ibikorwa bitandukanye mu mirenge…
Mu rwego rwo kwigiranaho ku ngamba zo kwesa Imihigo n’uburyo zishyirwa mu bikorwa, itsinda rigari ry’Akarere ka Nyabihu riyobowe n’Umunyamabanga…
Kuri uyu wa 13 Kamena 2026,Umuyobozi w’Akarere ka Nyabihu, Mme MUKANDAYISENGA Antoinette,yakiriye Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko…
Abaturage bo mu Murenge wa Shyira mu Karere ka Nyabihu n’abo mu Murenge wa Mugunga muri Gakenke bishimiye irangira ry’ikiraro cyo mu kirere cyubatswe…
Kuwa 09 Kamena 2026, Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Bwana Simpenzwe Pascal, yatangije icyumweru cyahariwe…
Umuyobozi w’Akarere, Mme MUKANDAYISENGA Antoinette, ari kumwe na Perezida w’Inama Njyanama y’Akarere, Bwana HABANABAKIZE Protais, bakiriye Intumwa ya…
Minisitiri w’Ibikorwa by’Ubutabazi, Maj.Gen.(Rtd) Albert MURASIRA, ari kumwe n’itsinda ayoboye, kuri uyu wa 01 Gicuransi 2026 yagiriye uruzinduko mu…
Mu rwego rwo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, kuri uyu munsi ku rwibutso rw’Akarere ka Nyabihu ruherereye mu Murenge wa…
Kuri uyu wa 3 Mata 2026, Umuyobozi w’Akarere, Mme Mukandayisenga Antoinette, yakiriye itsinda ry’abasirikare biga mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya…