GUSOZA ICYUMWERU CY’UMUJYANAMA
Icyumweru cy’umujyanama mu Karere ka Nyabihu cyahawe insanganyamatsiko igira iti’’ Uruhare rw’umujyanama mu iterambetre ry’Akarere’’cyatangiye ku wa gatatu, tariki ya 04 Kamena 2025 gisozwa ku wa kabiri, tariki ya 10 Kamena 2025, aho abajyanama mu Nama Njyanama y’Akarere basuye Imirenge itandakanye mu Karere bakaganira n’abayobozi ku rwego rw’Umurenge, Akagari n’Umudugudu.
Abagize Inama Njyanama y’Akarere bari kumwe n’abakozi ku Karere basuzumye aho Imihigo y’umwaka 2024-2025 igeze ishyirwa mu bikorwa, nyuma bakorana inama n’abaturage, basobanura imikorere y’Inama Njyanama, baganira ku bibazo bibangamiye imibereho y’abaturage n’uburyo bwo kubikemura. Abitabiriye basubanurirwa gahunda za Leta n’uruhare rwabo mu kuzishyira mu bikorwa, bahabwa umwanya wo gutanga ibitekerezo n’ibyifuzo no kubaza ibibazo, ibyabajijwe byarasubijwe ibindi bihabwa umurongo.
Ku wa 18 Gashyantare 2026, mu Kigo cy’Urubyiruko habereye igikorwa cyo gusoza amahugurwa y’imyuga no guha impamyabumenyi urubyiruko 20 rwari rumaze…
Mu rwego rwo korohereza abanyeshuri ba EP Marangara n’abaturage b’Umurenge wa Rugera, cyane mu gihe cy’imvura, hubatswe ikiraro cya Marangara kireshya…
Itsinda ry’Abasenateri riyobowe na Hon.Dr.NYINAWAMWIZA Laetitia ryakoreye uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Karere kuva tariki ya 22–23 Mutarama…
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Bwana HABIMANA Dominique akaba n’Imboni y’Akarere ka Nyabihu, yagiriye uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Karere ka…
Uyu munsi kuwa 12 Ukuboza 2025, mu mirenge yose y’Akarere hijihijwe Umunsi Mpuzamahanga w’Umwarimu, umwe mu minsi ikomeye igenera icyubahiro abarimu…
Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage,Bwana SIMPENZWE Pascal, uyu munsi yitabiriye ibirori byo gusoza ibikorwa…
None tariki ya 03 Ukuboza 2025, u Rwanda rwifatanyije n’isi yose kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Abantu bafite Ubumuga, ibirori bikaba byabereye mu…
Ku wa Gatandatu wa nyuma w’Ukwezi k’Ugushyingo 2025, Abadepite, ubuyobozi bw’Akarere, inzego z’umutekano n’abaturage bo mu Kagari ka Bukinanyana,…
Mu murenge wa Bigogwe mu Kagari ka Kijote hasojwe ku mugaragaro ibikorwa by’Ukwezi kwahariwe Umuryango, byaranzwe n’ibikorwa bitandukanye bigamije…