NYABIHU: HATERANIYE INTEKO RUSANGE YA 28 Y’INAMA Y’IGIHUGU Y’URUBYIRUKO
Kuri uyu wa 13 Kamena 2026,Umuyobozi w’Akarere ka Nyabihu, Mme MUKANDAYISENGA Antoinette,yakiriye Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, UMUTONI Sandrine, ari kumwe na Bwana NGABO Brave Olivier, Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi na Hon. GASHUMBA Vanessa, mu Nteko Rusange y’Inama y’Igihugu y’Urubyiruko.
Basuye ibikorwa bitandukanye by’urubyiruko birimo Ikigo cy’Urubyiruko, uruganda rw’icyayi rwa Karago,harebwa uko urubyiruko rwitabira umurimo rusoroma icyayi muri Cyamabuye, hasurwa Ikigo ‘Impact Hope Rwanda–Center for Hope’ mu Murenge wa Jenda kigisha imyuga y'igihe gito,Koperative y’urubyiruko KOIBAIZ ihinga ikanatubura ibiti by’imbuto na ‘Best Veterinary Services Ltd’ itanga serivisi z’ubuvuzi bw’amatungo mu murenge wa Mukamira.
Mu Nteko Rusange, hagarutswe ku byagezweho mu myaka 5 ishize mu bukungu, imibereho myiza n’imiyoborere myiza. Umunyamabanga wa Leta UMUTONI Sandrine yasabye urubyiruko gukomeza kugira uruhare mu kubaka Igihugu, kwirinda ibiyobyabwenge no kurangwa n’indangagaciro nziza
Abaturage bo mu Murenge wa Shyira mu Karere ka Nyabihu n’abo mu Murenge wa Mugunga muri Gakenke bishimiye irangira ry’ikiraro cyo mu kirere cyubatswe…
Kuwa 09 Kamena 2026, Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Bwana Simpenzwe Pascal, yatangije icyumweru cyahariwe…
Umuyobozi w’Akarere, Mme MUKANDAYISENGA Antoinette, ari kumwe na Perezida w’Inama Njyanama y’Akarere, Bwana HABANABAKIZE Protais, bakiriye Intumwa ya…
Minisitiri w’Ibikorwa by’Ubutabazi, Maj.Gen.(Rtd) Albert MURASIRA, ari kumwe n’itsinda ayoboye, kuri uyu wa 01 Gicuransi 2026 yagiriye uruzinduko mu…
Mu rwego rwo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, kuri uyu munsi ku rwibutso rw’Akarere ka Nyabihu ruherereye mu Murenge wa…
Kuri uyu wa 3 Mata 2026, Umuyobozi w’Akarere, Mme Mukandayisenga Antoinette, yakiriye itsinda ry’abasirikare biga mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya…
kuri uyu wa 02 Mata 2026, Umuyobozi w’Akarere, Mme MUKANDAYISENGA Antoinette, yayoboye inama y’umutekano yaguye y’Akarere yitabiriwe n’inzego…
Kuri uyu wa 30 Werurwe, hatashywe ku mugaragaro isoko ry’imboga n’imbuto ryavuguruwe ku bufatanye bw’Akarere n’umushinga KilimoTrust, riherereye mu…
Igikorwa cy’umuganda usoza ukwezi kwa Werurwe cyabereye mu mirenge yose igize Akarere ka Nyabihu, ku rwego rw’akarere kibera mu Murenge wa Kintobo.…