Gutaha ku mugaragaro Ishuri ry'Imyuga n'Ubumenyingiro (Nyabihu TVET School) no gutangiza Rwanda Coding Academy.
Uyu munsi kuwa gatanu, tariki ya 22/02/2019, Murenge wa Mukamira, Akagari ka Rubaya, Akarere ka Nyabihu habereye umuhango wo gutaha ku mugaragaro Ishuri ry'Imyuga n'Ubumenyingiro (Nyabihu TVET School) no gutangiza Rwanda Coding Academy. Umushyitsi Mukuru muri uyu muhango ni Minisitiri w'Uburezi, Dr. Eugene MUTIMURA,hari kandi Minisitiri w'Ikoranabuhanga no guhanga idushya, Umuyobozi Mukuru wa Rwanda Polytechnic, Dr GASHUMBA James, hari kandi n'Umufatanyabikirwa uhagarariye Igihugu cy'Ubusuwisi, Umuyobozi w'Akarere ka Nyabihu, Madamu MUKANDAYISENGA Antoinette, abahagarariye inzego z'umutekano n'abandi bayobozi baturutse mu nzego zitandukanye hamwe n'ababyeyi b'abana biga muri iki kigo ndetse n'abaturage b'Akarere ka Nyabihu n'inshuti zako.
Ku wa 18 Gashyantare 2026, mu Kigo cy’Urubyiruko habereye igikorwa cyo gusoza amahugurwa y’imyuga no guha impamyabumenyi urubyiruko 20 rwari rumaze…
Mu rwego rwo korohereza abanyeshuri ba EP Marangara n’abaturage b’Umurenge wa Rugera, cyane mu gihe cy’imvura, hubatswe ikiraro cya Marangara kireshya…
Itsinda ry’Abasenateri riyobowe na Hon.Dr.NYINAWAMWIZA Laetitia ryakoreye uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Karere kuva tariki ya 22–23 Mutarama…
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Bwana HABIMANA Dominique akaba n’Imboni y’Akarere ka Nyabihu, yagiriye uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Karere ka…
Uyu munsi kuwa 12 Ukuboza 2025, mu mirenge yose y’Akarere hijihijwe Umunsi Mpuzamahanga w’Umwarimu, umwe mu minsi ikomeye igenera icyubahiro abarimu…
Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage,Bwana SIMPENZWE Pascal, uyu munsi yitabiriye ibirori byo gusoza ibikorwa…
None tariki ya 03 Ukuboza 2025, u Rwanda rwifatanyije n’isi yose kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Abantu bafite Ubumuga, ibirori bikaba byabereye mu…
Ku wa Gatandatu wa nyuma w’Ukwezi k’Ugushyingo 2025, Abadepite, ubuyobozi bw’Akarere, inzego z’umutekano n’abaturage bo mu Kagari ka Bukinanyana,…
Mu murenge wa Bigogwe mu Kagari ka Kijote hasojwe ku mugaragaro ibikorwa by’Ukwezi kwahariwe Umuryango, byaranzwe n’ibikorwa bitandukanye bigamije…