GUTANGIZA ITORERO INKOMEZABIGWI 8
Umuhango wo gutangiza Itorero Inkomezabigwi 8 ry’abanyeshuri barangije umwaka wa gatandatu w’amashuri yisumbuye mu Karere ka Nyabihu, ku wa Kane, tariki ya 26 Ukuboza 2019
Ku rwego rw’Akarere ka Nyabihu igikorwa cyatangirijwe mu cyanya cya Nyabihu TVET School mu Murenge wa Mukamira, aho umushyitsi mukuru yari Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe iterambere ry’Ubukungu, Bwana Habanabakize Jean Claude ari kumwe n’Umuyobozi w’Ingabo mu Karere ka Nyabihu, Lt Col Kabanda Peter, uhagarariye Police CIP Rukundo , Umuhuzabikorwa wa DASSO ku rwego rw’Akarere ka Nyabihu, Bwana Mukerarugendo Jean Pierre.
Mu cyanya cya Rambura Garcon, hari Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza, Bwana Simpenzwe Pascal;
Umuyobozi w’Ishami ry’imiyoborere mu Karere, Bwana Nsengimana Jean Claude, yitabiriye igikorwa mu cyanya cy’Urwunge rw’amashuri ya Vunga ari kumwe n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rugera, Bwana Bizimana Placide hamwe n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Shyira, Bwana Niyibizi Rwigimba Louis,
Ikindi cyanya ni muri EAV Bigogwe ho mu Murenge wa Bigogwe, iki gikorwa cyitabiriwe n’ Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Bigogwe, Bwana Gahutu Tebuka Jean Paul.
Ku wa 18 Gashyantare 2026, mu Kigo cy’Urubyiruko habereye igikorwa cyo gusoza amahugurwa y’imyuga no guha impamyabumenyi urubyiruko 20 rwari rumaze…
Mu rwego rwo korohereza abanyeshuri ba EP Marangara n’abaturage b’Umurenge wa Rugera, cyane mu gihe cy’imvura, hubatswe ikiraro cya Marangara kireshya…
Itsinda ry’Abasenateri riyobowe na Hon.Dr.NYINAWAMWIZA Laetitia ryakoreye uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Karere kuva tariki ya 22–23 Mutarama…
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Bwana HABIMANA Dominique akaba n’Imboni y’Akarere ka Nyabihu, yagiriye uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Karere ka…
Uyu munsi kuwa 12 Ukuboza 2025, mu mirenge yose y’Akarere hijihijwe Umunsi Mpuzamahanga w’Umwarimu, umwe mu minsi ikomeye igenera icyubahiro abarimu…
Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage,Bwana SIMPENZWE Pascal, uyu munsi yitabiriye ibirori byo gusoza ibikorwa…
None tariki ya 03 Ukuboza 2025, u Rwanda rwifatanyije n’isi yose kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Abantu bafite Ubumuga, ibirori bikaba byabereye mu…
Ku wa Gatandatu wa nyuma w’Ukwezi k’Ugushyingo 2025, Abadepite, ubuyobozi bw’Akarere, inzego z’umutekano n’abaturage bo mu Kagari ka Bukinanyana,…
Mu murenge wa Bigogwe mu Kagari ka Kijote hasojwe ku mugaragaro ibikorwa by’Ukwezi kwahariwe Umuryango, byaranzwe n’ibikorwa bitandukanye bigamije…