GUTANGIZA ITORERO INKOMEZABIGWI 8
Umuhango wo gutangiza Itorero Inkomezabigwi 8 ry’abanyeshuri barangije umwaka wa gatandatu w’amashuri yisumbuye mu Karere ka Nyabihu, ku wa Kane, tariki ya 26 Ukuboza 2019
Ku rwego rw’Akarere ka Nyabihu igikorwa cyatangirijwe mu cyanya cya Nyabihu TVET School mu Murenge wa Mukamira, aho umushyitsi mukuru yari Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe iterambere ry’Ubukungu, Bwana Habanabakize Jean Claude ari kumwe n’Umuyobozi w’Ingabo mu Karere ka Nyabihu, Lt Col Kabanda Peter, uhagarariye Police CIP Rukundo , Umuhuzabikorwa wa DASSO ku rwego rw’Akarere ka Nyabihu, Bwana Mukerarugendo Jean Pierre.
Mu cyanya cya Rambura Garcon, hari Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza, Bwana Simpenzwe Pascal;
Umuyobozi w’Ishami ry’imiyoborere mu Karere, Bwana Nsengimana Jean Claude, yitabiriye igikorwa mu cyanya cy’Urwunge rw’amashuri ya Vunga ari kumwe n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rugera, Bwana Bizimana Placide hamwe n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Shyira, Bwana Niyibizi Rwigimba Louis,
Ikindi cyanya ni muri EAV Bigogwe ho mu Murenge wa Bigogwe, iki gikorwa cyitabiriwe n’ Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Bigogwe, Bwana Gahutu Tebuka Jean Paul.
Mu gihe cy’Icyumweru cy’Umujyanama cyabaye kuva ku wa 17 kugeza ku wa 19 Kamena 2026, abagize Inama Njyanama basuye ibikorwa bitandukanye mu mirenge…
Mu rwego rwo kwigiranaho ku ngamba zo kwesa Imihigo n’uburyo zishyirwa mu bikorwa, itsinda rigari ry’Akarere ka Nyabihu riyobowe n’Umunyamabanga…
Kuri uyu wa 13 Kamena 2026,Umuyobozi w’Akarere ka Nyabihu, Mme MUKANDAYISENGA Antoinette,yakiriye Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko…
Abaturage bo mu Murenge wa Shyira mu Karere ka Nyabihu n’abo mu Murenge wa Mugunga muri Gakenke bishimiye irangira ry’ikiraro cyo mu kirere cyubatswe…
Kuwa 09 Kamena 2026, Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Bwana Simpenzwe Pascal, yatangije icyumweru cyahariwe…
Umuyobozi w’Akarere, Mme MUKANDAYISENGA Antoinette, ari kumwe na Perezida w’Inama Njyanama y’Akarere, Bwana HABANABAKIZE Protais, bakiriye Intumwa ya…
Minisitiri w’Ibikorwa by’Ubutabazi, Maj.Gen.(Rtd) Albert MURASIRA, ari kumwe n’itsinda ayoboye, kuri uyu wa 01 Gicuransi 2026 yagiriye uruzinduko mu…
Mu rwego rwo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, kuri uyu munsi ku rwibutso rw’Akarere ka Nyabihu ruherereye mu Murenge wa…
Kuri uyu wa 3 Mata 2026, Umuyobozi w’Akarere, Mme Mukandayisenga Antoinette, yakiriye itsinda ry’abasirikare biga mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya…