GUTERA AMAFI MU KIYAGA CYA KARAGO
Igikorwa cyo gutera amafi mu kiyaga cya Karago no gutaha ubwato bwa moteri buzajya bufasha mu gikorwa cyo gucunga umutekano muri iki kiyaga giherereye mu Murenge wa Karago, Akarere ka Nyabihu, cyakozwe kuri uyu wa kane, tariki ya 10 ugushyingo 2022 na Koperative KOTUNYA ishinzwe kubungabunga iki kiyaga.
Iki gikorwa cyitabiriwe n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Karago, Bwana MUSIRIKARE Albert, hari kandi uhagarariye Umuyobozi wa RF ku rwego rw’intara y’Iburengerazuba, Lt. Col. GAKWAVU, Umuyobozi w’Inkeragurabara ku rwego rw’Akarere ka Nyabihu, Lt. Col. RUHARAZA Samuel, Umuyobozi wa Police mu Karere ka Nyabihu, Spt MINANI Bosco, Umuyobozi wa RIB mu Karere, RWANGAMPUHWE KAYIRANGA bari kumwe n’abanyamuryango ba Koperative.
Nyuma yo gutera amafi mu kiyaga, abanyamuryango baganirijwe kuri gahunda za Leta zinyuranye.
Mu gihe cy’Icyumweru cy’Umujyanama cyabaye kuva ku wa 17 kugeza ku wa 19 Kamena 2026, abagize Inama Njyanama basuye ibikorwa bitandukanye mu mirenge…
Mu rwego rwo kwigiranaho ku ngamba zo kwesa Imihigo n’uburyo zishyirwa mu bikorwa, itsinda rigari ry’Akarere ka Nyabihu riyobowe n’Umunyamabanga…
Kuri uyu wa 13 Kamena 2026,Umuyobozi w’Akarere ka Nyabihu, Mme MUKANDAYISENGA Antoinette,yakiriye Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko…
Abaturage bo mu Murenge wa Shyira mu Karere ka Nyabihu n’abo mu Murenge wa Mugunga muri Gakenke bishimiye irangira ry’ikiraro cyo mu kirere cyubatswe…
Kuwa 09 Kamena 2026, Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Bwana Simpenzwe Pascal, yatangije icyumweru cyahariwe…
Umuyobozi w’Akarere, Mme MUKANDAYISENGA Antoinette, ari kumwe na Perezida w’Inama Njyanama y’Akarere, Bwana HABANABAKIZE Protais, bakiriye Intumwa ya…
Minisitiri w’Ibikorwa by’Ubutabazi, Maj.Gen.(Rtd) Albert MURASIRA, ari kumwe n’itsinda ayoboye, kuri uyu wa 01 Gicuransi 2026 yagiriye uruzinduko mu…
Mu rwego rwo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, kuri uyu munsi ku rwibutso rw’Akarere ka Nyabihu ruherereye mu Murenge wa…
Kuri uyu wa 3 Mata 2026, Umuyobozi w’Akarere, Mme Mukandayisenga Antoinette, yakiriye itsinda ry’abasirikare biga mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya…