GUTERA AMAFI MU KIYAGA CYA KARAGO
Igikorwa cyo gutera amafi mu kiyaga cya Karago no gutaha ubwato bwa moteri buzajya bufasha mu gikorwa cyo gucunga umutekano muri iki kiyaga giherereye mu Murenge wa Karago, Akarere ka Nyabihu, cyakozwe kuri uyu wa kane, tariki ya 10 ugushyingo 2022 na Koperative KOTUNYA ishinzwe kubungabunga iki kiyaga.
Iki gikorwa cyitabiriwe n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Karago, Bwana MUSIRIKARE Albert, hari kandi uhagarariye Umuyobozi wa RF ku rwego rw’intara y’Iburengerazuba, Lt. Col. GAKWAVU, Umuyobozi w’Inkeragurabara ku rwego rw’Akarere ka Nyabihu, Lt. Col. RUHARAZA Samuel, Umuyobozi wa Police mu Karere ka Nyabihu, Spt MINANI Bosco, Umuyobozi wa RIB mu Karere, RWANGAMPUHWE KAYIRANGA bari kumwe n’abanyamuryango ba Koperative.
Nyuma yo gutera amafi mu kiyaga, abanyamuryango baganirijwe kuri gahunda za Leta zinyuranye.
Ku wa 18 Gashyantare 2026, mu Kigo cy’Urubyiruko habereye igikorwa cyo gusoza amahugurwa y’imyuga no guha impamyabumenyi urubyiruko 20 rwari rumaze…
Mu rwego rwo korohereza abanyeshuri ba EP Marangara n’abaturage b’Umurenge wa Rugera, cyane mu gihe cy’imvura, hubatswe ikiraro cya Marangara kireshya…
Itsinda ry’Abasenateri riyobowe na Hon.Dr.NYINAWAMWIZA Laetitia ryakoreye uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Karere kuva tariki ya 22–23 Mutarama…
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Bwana HABIMANA Dominique akaba n’Imboni y’Akarere ka Nyabihu, yagiriye uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Karere ka…
Uyu munsi kuwa 12 Ukuboza 2025, mu mirenge yose y’Akarere hijihijwe Umunsi Mpuzamahanga w’Umwarimu, umwe mu minsi ikomeye igenera icyubahiro abarimu…
Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage,Bwana SIMPENZWE Pascal, uyu munsi yitabiriye ibirori byo gusoza ibikorwa…
None tariki ya 03 Ukuboza 2025, u Rwanda rwifatanyije n’isi yose kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Abantu bafite Ubumuga, ibirori bikaba byabereye mu…
Ku wa Gatandatu wa nyuma w’Ukwezi k’Ugushyingo 2025, Abadepite, ubuyobozi bw’Akarere, inzego z’umutekano n’abaturage bo mu Kagari ka Bukinanyana,…
Mu murenge wa Bigogwe mu Kagari ka Kijote hasojwe ku mugaragaro ibikorwa by’Ukwezi kwahariwe Umuryango, byaranzwe n’ibikorwa bitandukanye bigamije…