Hatanzwe telefone zigezweho 469 (smart phones) muri gahunda ya Connect Rwanda
Kuri uyu wa 15/11/2021, mu Karere ka Nyabihu, muri gahunda ya "ConnectRwanda" hatanzwe telefone zigezweho 469 (smart phones). Izi telefone zikaba zahawe umuryango umwe watoranyijwe muri buri Mudugudu igize Akarere ka Nyabihu.
Iki gikorwa kitabiriwe na Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba, Bwana Habitegeko François ari kumwe n’Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’Ikoranabuhanga na Inovasiyo, Bwana Iradukunda Yves, hari kandi intumwa ya RSSB n'umukozi ushinzwe Igenamigambi muri MTN. Bakiriwe n’Umuyobozi w’agateganyo w’Akarere ka Nyabihu, Bwana NSABIMANA Cyprien.
Ku wa 18 Gashyantare 2026, mu Kigo cy’Urubyiruko habereye igikorwa cyo gusoza amahugurwa y’imyuga no guha impamyabumenyi urubyiruko 20 rwari rumaze…
Mu rwego rwo korohereza abanyeshuri ba EP Marangara n’abaturage b’Umurenge wa Rugera, cyane mu gihe cy’imvura, hubatswe ikiraro cya Marangara kireshya…
Itsinda ry’Abasenateri riyobowe na Hon.Dr.NYINAWAMWIZA Laetitia ryakoreye uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Karere kuva tariki ya 22–23 Mutarama…
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Bwana HABIMANA Dominique akaba n’Imboni y’Akarere ka Nyabihu, yagiriye uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Karere ka…
Uyu munsi kuwa 12 Ukuboza 2025, mu mirenge yose y’Akarere hijihijwe Umunsi Mpuzamahanga w’Umwarimu, umwe mu minsi ikomeye igenera icyubahiro abarimu…
Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage,Bwana SIMPENZWE Pascal, uyu munsi yitabiriye ibirori byo gusoza ibikorwa…
None tariki ya 03 Ukuboza 2025, u Rwanda rwifatanyije n’isi yose kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Abantu bafite Ubumuga, ibirori bikaba byabereye mu…
Ku wa Gatandatu wa nyuma w’Ukwezi k’Ugushyingo 2025, Abadepite, ubuyobozi bw’Akarere, inzego z’umutekano n’abaturage bo mu Kagari ka Bukinanyana,…
Mu murenge wa Bigogwe mu Kagari ka Kijote hasojwe ku mugaragaro ibikorwa by’Ukwezi kwahariwe Umuryango, byaranzwe n’ibikorwa bitandukanye bigamije…