IBIGANIRO BY’UBUMWE N’UBUDAHERANWA MU KARERE KA NYABIHU.

Ibiganiro by’Ihuriro ry’ubumwe n’ubudaheranwa ku rwego rw’Akarere byabereye mu cyumba cy’inama cya Mukamira Guest house, kuri uyu wa kane, tariki ya 10 Ukwakira 2024.

Ibyo biganiro byateguwe ku bufatanye bw’Akarere ka Nyabihu,  Minisiteri y’ubumwe bw’abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu( MINUBUMWE), Unity Club Intwararumuri na International Alert.

Umushyitsi mukuru muri ibyo biganiro yari Minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi, akaba n’imboni y’Akarere ka Nyabihu mu Guverinoma, Dr. Musafiri Ildephonse, wakiriwe n’Umuyobozi w’Akarere ka Nyabihu, Madamu Mukandayisenga Antoinette.

Ibyo biganiro kandi byateguwe mu kwezi k’ubumwe n’ubudaheranwa by’abanyarwanda kwahawe insanganyamatsiko igira iti” Indangagaciro z’umuco nyarwanda, isooko y’ubumwe n’ubudaheranwa bw’abanyarwanga’’.

Ikiganiro cyatanzwe ku buryo bwa panel igizwe n’abantu batanu bagarutse ku ruhare rw’indangagaciro na kirazira mu kubaka ubumwe n’ubudaheranwa bw’abanyarwanda, harebewe hamwe inzitizi zigihari hanafatwa ingamba zo gukemura ibibazo bikibangamiye ubumwe n’ubudaheranwa by’umwihariko abatuye Akarere ka Nyabihu.

Nyuma cy’icyo kiganiro hakurikiyeho umwanya w’ibiganiro mu matsinda ane yagutse, hakurikiraho kungurana ibitekerezo biganisha ku myanzuro ngiro y’Ihuriro ikiri kunozwa kugira ngo ishyikirizwe MINUBUMWE mu gihe cya vuba.


URUZINDUKA RWA MINISITIRI W’IBIKORWA BY’UBUTABAZI MU KARERE KA NYABIHU

Minisitiri w’Ibikorwa by’Ubutabazi, Maj.Gen.(Rtd) Albert MURASIRA, ari kumwe n’itsinda ayoboye, kuri uyu wa 01 Gicuransi 2026 yagiriye uruzinduko mu…

Read more →

KWIBUKA32: AKARERE KA NYABIHU KASHYINGUYE MU CYUBAHIRO IMIBIRI 6 Y’ABAZIZE JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI

Mu rwego rwo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, kuri uyu munsi ku rwibutso rw’Akarere ka Nyabihu ruherereye mu Murenge wa…

Read more →

ABASIRIKARE BIGA MU ISHURI RYA NYAKINAMA BASUYE IBIKORWA BYA BYAKOZWE N'UMUSHINGA WA SEBEYA

Kuri uyu wa 3 Mata 2026, Umuyobozi w’Akarere, Mme Mukandayisenga Antoinette, yakiriye itsinda ry’abasirikare biga mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya…

Read more →

INAMA YAGUYE Y’UMUTEKANO YATERANYE YIGA KU NGINGO ZITANDUKANYE

kuri uyu wa 02 Mata 2026, Umuyobozi w’Akarere, Mme MUKANDAYISENGA Antoinette, yayoboye inama y’umutekano yaguye y’Akarere yitabiriwe n’inzego…

Read more →

RUBAYA: ISOKO RISHYA RY’IMBOGA N’IMBUTO RYITEZWEHO GUTEZA IMBERE UBUCURUZI

Kuri uyu wa 30 Werurwe, hatashywe ku mugaragaro isoko ry’imboga n’imbuto ryavuguruwe ku bufatanye bw’Akarere n’umushinga KilimoTrust, riherereye mu…

Read more →

Kintobo:Meya Mukandayisenga yakiriye Hon.Dusingizemungu mu muganda usoza ukwezi kwa Werurwe

Igikorwa cy’umuganda usoza ukwezi kwa Werurwe cyabereye mu mirenge yose igize Akarere ka Nyabihu, ku rwego rw’akarere kibera mu Murenge wa Kintobo.…

Read more →

BIGOGWE:IBUYE FATIZO RYASHYIZWE AHAGIYE KUBAKIRWA IMIRYANGO 30

Mu Kagari ka Kijote, Umurenge wa Bigogwe,hatangijwe igikorwa cyo kubakira imiryango 30 yagizweho ingaruka n’ibiza, mu rwego rwo gufasha abaturage…

Read more →

UMUNSI MPUZAMAHANGA W’UMUGOREGORE WIZIHIRIJWE MU MURENGE WA SHYIRA

Abaturage bo mu Kagari ka Kazirankara, Umurenge wa Shyira, bifatanyije n’abayobozi batandukanye kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Abagore, mu gikorwa…

Read more →

URUBYIRUKO 20 BAHAWE IMPAMYABUMENYI Z’IMYUGA

Ku wa 18 Gashyantare 2026, mu Kigo cy’Urubyiruko habereye igikorwa cyo gusoza amahugurwa y’imyuga no guha impamyabumenyi urubyiruko 20 rwari rumaze…

Read more →
-->