IBIRORI BYO KUMURIKA INKA ZATANZWE KU BUFATANYE NA RDB
Mu Karere ka Nyabihu, Umurenge wa Bigogwe, kuri uyu wa 23/8/2019, habaye ibirori byo kumurika ku mugaragaro inka zatanzwe muri gahunda yo gusaranganya umusaruro ukomoka mu bukerarugendo no kubungabunga Pariki z’Igihugu. Mu Karere ka Nyabihu hatanzwe inka 226, muri 729 zatanzwe mu Turere dukora kuri Pariki y’Ibirunga. Ibi birori byakozwe nanone muri gahunda yo kwitegura Umunsi wo kwita ingagi zavutse muri uyu mwaka, bizaba ku itariki ya 06/9/2019.
Umushyitsi mukuru kuri uyu munsi yari Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba , Bwana Munyantwari Alphonse, akaba yashimiye abaturage abasaba gushimira Nyakubahwa Perezida wa Repubulika mu bikorwa biteza imbere abaturage harimo na gahunda y’izi nka zatanzwe.
Yakomeje asaba abaturage kubibungabunga kugira ngo bikomeze kwiyongera. Yashoje ashimira RDB ku bikorwa byakozwe ndetse no muri ibi birori byaje kubera mu Ntara y’Iburengerazuba, akomeza agaragaza ko ubusugire bw’ibyo twagezeho byose ari ngombwa bishingiye ku mutekano asaba ko buri wese yagira uruhare mu kuwubungabunga.
Minisitiri w’Ibikorwa by’Ubutabazi, Maj.Gen.(Rtd) Albert MURASIRA, ari kumwe n’itsinda ayoboye, kuri uyu wa 01 Gicuransi 2026 yagiriye uruzinduko mu…
Mu rwego rwo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, kuri uyu munsi ku rwibutso rw’Akarere ka Nyabihu ruherereye mu Murenge wa…
Kuri uyu wa 3 Mata 2026, Umuyobozi w’Akarere, Mme Mukandayisenga Antoinette, yakiriye itsinda ry’abasirikare biga mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya…
kuri uyu wa 02 Mata 2026, Umuyobozi w’Akarere, Mme MUKANDAYISENGA Antoinette, yayoboye inama y’umutekano yaguye y’Akarere yitabiriwe n’inzego…
Kuri uyu wa 30 Werurwe, hatashywe ku mugaragaro isoko ry’imboga n’imbuto ryavuguruwe ku bufatanye bw’Akarere n’umushinga KilimoTrust, riherereye mu…
Igikorwa cy’umuganda usoza ukwezi kwa Werurwe cyabereye mu mirenge yose igize Akarere ka Nyabihu, ku rwego rw’akarere kibera mu Murenge wa Kintobo.…
Mu Kagari ka Kijote, Umurenge wa Bigogwe,hatangijwe igikorwa cyo kubakira imiryango 30 yagizweho ingaruka n’ibiza, mu rwego rwo gufasha abaturage…
Abaturage bo mu Kagari ka Kazirankara, Umurenge wa Shyira, bifatanyije n’abayobozi batandukanye kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Abagore, mu gikorwa…
Ku wa 18 Gashyantare 2026, mu Kigo cy’Urubyiruko habereye igikorwa cyo gusoza amahugurwa y’imyuga no guha impamyabumenyi urubyiruko 20 rwari rumaze…