IBIRORI BYO KUMURIKA INKA ZATANZWE KU BUFATANYE NA RDB
Mu Karere ka Nyabihu, Umurenge wa Bigogwe, kuri uyu wa 23/8/2019, habaye ibirori byo kumurika ku mugaragaro inka zatanzwe muri gahunda yo gusaranganya umusaruro ukomoka mu bukerarugendo no kubungabunga Pariki z’Igihugu. Mu Karere ka Nyabihu hatanzwe inka 226, muri 729 zatanzwe mu Turere dukora kuri Pariki y’Ibirunga. Ibi birori byakozwe nanone muri gahunda yo kwitegura Umunsi wo kwita ingagi zavutse muri uyu mwaka, bizaba ku itariki ya 06/9/2019.
Umushyitsi mukuru kuri uyu munsi yari Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba , Bwana Munyantwari Alphonse, akaba yashimiye abaturage abasaba gushimira Nyakubahwa Perezida wa Repubulika mu bikorwa biteza imbere abaturage harimo na gahunda y’izi nka zatanzwe.
Yakomeje asaba abaturage kubibungabunga kugira ngo bikomeze kwiyongera. Yashoje ashimira RDB ku bikorwa byakozwe ndetse no muri ibi birori byaje kubera mu Ntara y’Iburengerazuba, akomeza agaragaza ko ubusugire bw’ibyo twagezeho byose ari ngombwa bishingiye ku mutekano asaba ko buri wese yagira uruhare mu kuwubungabunga.
Mu gihe cy’Icyumweru cy’Umujyanama cyabaye kuva ku wa 17 kugeza ku wa 19 Kamena 2026, abagize Inama Njyanama basuye ibikorwa bitandukanye mu mirenge…
Mu rwego rwo kwigiranaho ku ngamba zo kwesa Imihigo n’uburyo zishyirwa mu bikorwa, itsinda rigari ry’Akarere ka Nyabihu riyobowe n’Umunyamabanga…
Kuri uyu wa 13 Kamena 2026,Umuyobozi w’Akarere ka Nyabihu, Mme MUKANDAYISENGA Antoinette,yakiriye Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko…
Abaturage bo mu Murenge wa Shyira mu Karere ka Nyabihu n’abo mu Murenge wa Mugunga muri Gakenke bishimiye irangira ry’ikiraro cyo mu kirere cyubatswe…
Kuwa 09 Kamena 2026, Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Bwana Simpenzwe Pascal, yatangije icyumweru cyahariwe…
Umuyobozi w’Akarere, Mme MUKANDAYISENGA Antoinette, ari kumwe na Perezida w’Inama Njyanama y’Akarere, Bwana HABANABAKIZE Protais, bakiriye Intumwa ya…
Minisitiri w’Ibikorwa by’Ubutabazi, Maj.Gen.(Rtd) Albert MURASIRA, ari kumwe n’itsinda ayoboye, kuri uyu wa 01 Gicuransi 2026 yagiriye uruzinduko mu…
Mu rwego rwo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, kuri uyu munsi ku rwibutso rw’Akarere ka Nyabihu ruherereye mu Murenge wa…
Kuri uyu wa 3 Mata 2026, Umuyobozi w’Akarere, Mme Mukandayisenga Antoinette, yakiriye itsinda ry’abasirikare biga mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya…