IMURIKABIKORWA RY’AKARERE KA NYABIHU 2019
Imurikabikorwa ry’Akarere ka Nyabihu, ryatangiye ku itariki ya 11/6/2019, risozwa ku ya 13/6/2019, ryatangijwe n’Umuyobozi w’Akarere ka Nyabihu, Madamu Mukandayisenga Antoinette, aho yasabye abaturage kubyaza umusaruro imurikabikorwa baba begerejwe , baharanira guteza imbere ibikorerwa iwacu ndetse no kuzirikana guhangana n’ikibazo cy’igwingira ry’abana riterwa n’imirire mibi.
Umuyobozi wa JADF Inkingi y’Akarere ka Nyabihu, yavuze ko iri murikabikorwa rifasha abaturage kumurika ibikorwa byabo kandi bakaboneraho inyigisho zitandukanye.
Mu gusoza iri murikabikorwa hatanzwe ubuhamya bw’abantu batandukanye, Umuyobozi wa JADF Inkingi yatanze icyifuzo ko ubuyobozi bw’Akarere bwashyiraho gahunda umwaka utaha hakazaba Expo ikamara nibura icyumweru.
Umuyobozi w’Akarere ka Nyabihu asoza iri murikabikorwa yasabye abaryitabiriye kwagura ibikorwa byabo, kongerera ubwiza ibyo bakora, kuzamura ibikorerwa imbere mu Gihugu cyane cyane muri Nyabihu. Yasabye kandi abafatanyabikorwa gukomeza gushyigikira gahunda za Leta, kurwanya imirire mibi n’ibindi.
Abitabiriye bahawe Certificates zo kubashimira ibikorwa byabo.
Mu gihe cy’Icyumweru cy’Umujyanama cyabaye kuva ku wa 17 kugeza ku wa 19 Kamena 2026, abagize Inama Njyanama basuye ibikorwa bitandukanye mu mirenge…
Mu rwego rwo kwigiranaho ku ngamba zo kwesa Imihigo n’uburyo zishyirwa mu bikorwa, itsinda rigari ry’Akarere ka Nyabihu riyobowe n’Umunyamabanga…
Kuri uyu wa 13 Kamena 2026,Umuyobozi w’Akarere ka Nyabihu, Mme MUKANDAYISENGA Antoinette,yakiriye Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko…
Abaturage bo mu Murenge wa Shyira mu Karere ka Nyabihu n’abo mu Murenge wa Mugunga muri Gakenke bishimiye irangira ry’ikiraro cyo mu kirere cyubatswe…
Kuwa 09 Kamena 2026, Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Bwana Simpenzwe Pascal, yatangije icyumweru cyahariwe…
Umuyobozi w’Akarere, Mme MUKANDAYISENGA Antoinette, ari kumwe na Perezida w’Inama Njyanama y’Akarere, Bwana HABANABAKIZE Protais, bakiriye Intumwa ya…
Minisitiri w’Ibikorwa by’Ubutabazi, Maj.Gen.(Rtd) Albert MURASIRA, ari kumwe n’itsinda ayoboye, kuri uyu wa 01 Gicuransi 2026 yagiriye uruzinduko mu…
Mu rwego rwo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, kuri uyu munsi ku rwibutso rw’Akarere ka Nyabihu ruherereye mu Murenge wa…
Kuri uyu wa 3 Mata 2026, Umuyobozi w’Akarere, Mme Mukandayisenga Antoinette, yakiriye itsinda ry’abasirikare biga mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya…