INAMA IGAMIJE KURWANYA IKORWA N’IKWIRAKWIZA RY’INZOGA Z’INKORANO.
Umuyobozi w’Akarere ka Nyabihu, Madamu MUKANDAYISENGA Antoinette, ari kumwe n’umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu, Bwana HABANABAKIZE Jean Claude, bagiranye inama n’abahinzi b’urutoki bari kumwe n’abenga inzoga baturutse mu Mirenge ya Rugera na Shyira, hagamijwe kurwanya ikoresha ndetse n’ikwirakwizwa ry’inzoga z’inkorano. Iyi nama yabereye mu cyumba mberabyombi cy’Umurenge wa Rugera, kuri uyu wa gatatu, tariki ya 09/01/2019. Hafashwe ingamba ko hashyirwaho komite izajya igenzura inzoga z’inkorano akaba ari na yo igenzura inzoga z’inkorano akaba ari nayo izajya ireba niba ari inkorano koko, igahamagara ubuyobozi maze izo nzoga zikamenwa. Habayeho gahunda yo gukora urutonde rw’abakekwa bavuzwe n’abaturage kugira ngo abo bakekwa bigishwe babireke, abazafatwa babikora bazajya babihanirwa. Inama yitabiriwe kandi n’abayobozi mu nzego zitandukanye; PSF, abahagarariye inzego z’umutekano…
Ku wa 18 Gashyantare 2026, mu Kigo cy’Urubyiruko habereye igikorwa cyo gusoza amahugurwa y’imyuga no guha impamyabumenyi urubyiruko 20 rwari rumaze…
Mu rwego rwo korohereza abanyeshuri ba EP Marangara n’abaturage b’Umurenge wa Rugera, cyane mu gihe cy’imvura, hubatswe ikiraro cya Marangara kireshya…
Itsinda ry’Abasenateri riyobowe na Hon.Dr.NYINAWAMWIZA Laetitia ryakoreye uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Karere kuva tariki ya 22–23 Mutarama…
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Bwana HABIMANA Dominique akaba n’Imboni y’Akarere ka Nyabihu, yagiriye uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Karere ka…
Uyu munsi kuwa 12 Ukuboza 2025, mu mirenge yose y’Akarere hijihijwe Umunsi Mpuzamahanga w’Umwarimu, umwe mu minsi ikomeye igenera icyubahiro abarimu…
Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage,Bwana SIMPENZWE Pascal, uyu munsi yitabiriye ibirori byo gusoza ibikorwa…
None tariki ya 03 Ukuboza 2025, u Rwanda rwifatanyije n’isi yose kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Abantu bafite Ubumuga, ibirori bikaba byabereye mu…
Ku wa Gatandatu wa nyuma w’Ukwezi k’Ugushyingo 2025, Abadepite, ubuyobozi bw’Akarere, inzego z’umutekano n’abaturage bo mu Kagari ka Bukinanyana,…
Mu murenge wa Bigogwe mu Kagari ka Kijote hasojwe ku mugaragaro ibikorwa by’Ukwezi kwahariwe Umuryango, byaranzwe n’ibikorwa bitandukanye bigamije…