INAMA KU ITORERO RY’UMUDUGUDU
Inama ku Itorero ry’Umudugudu yateraniye mu cyumba cy’inama cy’Akarere ka Nyabihu kuri uyu wa kabiri, tariki 29/10/2019, hagamijwe kurebera hamwe imikorere myiza y’Itorero ryo ku Mudugudu, imyiteguro y’urugerero ruciye ingando.
Inama yitabiriwe na Visi Perezida wa NIC, Lt. Col Migambi Desire wakiriwe n’Umuyobozi w’Akarere ka Nyabihu, Madamu Mukandayisenga Antoinette; yitabiwe kandi n’umukozi ushinzwe igenamigambi ry’urugerero Uwera Marie Aline, Abagize Komite Nyobozi y’Akarere ka Nyabihu, Abahagarariye inzego z’umutekano, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere, Umuyobozi w’imirimo rusange mu Karere, Umuyobozi w’ishami ry’imiyoborere myiza mu Karere, Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Imirenge igize Akarere, Abakozi ku rwego rw’akarere, Abakozi bashinzwe uburezi mu Mirenge, Abakozi bashinzwe irangamirere mu Mirenge, Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Utugari..
Nyuma y’inama basuye Itorero ry’Umudugudu wa Gihira ,Akagari ka Kadahenda, Umurenge wa Karago.
Ku wa 18 Gashyantare 2026, mu Kigo cy’Urubyiruko habereye igikorwa cyo gusoza amahugurwa y’imyuga no guha impamyabumenyi urubyiruko 20 rwari rumaze…
Mu rwego rwo korohereza abanyeshuri ba EP Marangara n’abaturage b’Umurenge wa Rugera, cyane mu gihe cy’imvura, hubatswe ikiraro cya Marangara kireshya…
Itsinda ry’Abasenateri riyobowe na Hon.Dr.NYINAWAMWIZA Laetitia ryakoreye uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Karere kuva tariki ya 22–23 Mutarama…
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Bwana HABIMANA Dominique akaba n’Imboni y’Akarere ka Nyabihu, yagiriye uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Karere ka…
Uyu munsi kuwa 12 Ukuboza 2025, mu mirenge yose y’Akarere hijihijwe Umunsi Mpuzamahanga w’Umwarimu, umwe mu minsi ikomeye igenera icyubahiro abarimu…
Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage,Bwana SIMPENZWE Pascal, uyu munsi yitabiriye ibirori byo gusoza ibikorwa…
None tariki ya 03 Ukuboza 2025, u Rwanda rwifatanyije n’isi yose kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Abantu bafite Ubumuga, ibirori bikaba byabereye mu…
Ku wa Gatandatu wa nyuma w’Ukwezi k’Ugushyingo 2025, Abadepite, ubuyobozi bw’Akarere, inzego z’umutekano n’abaturage bo mu Kagari ka Bukinanyana,…
Mu murenge wa Bigogwe mu Kagari ka Kijote hasojwe ku mugaragaro ibikorwa by’Ukwezi kwahariwe Umuryango, byaranzwe n’ibikorwa bitandukanye bigamije…