INAMA KU ITORERO RY’UMUDUGUDU
Inama ku Itorero ry’Umudugudu yateraniye mu cyumba cy’inama cy’Akarere ka Nyabihu kuri uyu wa kabiri, tariki 29/10/2019, hagamijwe kurebera hamwe imikorere myiza y’Itorero ryo ku Mudugudu, imyiteguro y’urugerero ruciye ingando.
Inama yitabiriwe na Visi Perezida wa NIC, Lt. Col Migambi Desire wakiriwe n’Umuyobozi w’Akarere ka Nyabihu, Madamu Mukandayisenga Antoinette; yitabiwe kandi n’umukozi ushinzwe igenamigambi ry’urugerero Uwera Marie Aline, Abagize Komite Nyobozi y’Akarere ka Nyabihu, Abahagarariye inzego z’umutekano, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere, Umuyobozi w’imirimo rusange mu Karere, Umuyobozi w’ishami ry’imiyoborere myiza mu Karere, Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Imirenge igize Akarere, Abakozi ku rwego rw’akarere, Abakozi bashinzwe uburezi mu Mirenge, Abakozi bashinzwe irangamirere mu Mirenge, Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Utugari..
Nyuma y’inama basuye Itorero ry’Umudugudu wa Gihira ,Akagari ka Kadahenda, Umurenge wa Karago.
Mu gihe cy’Icyumweru cy’Umujyanama cyabaye kuva ku wa 17 kugeza ku wa 19 Kamena 2026, abagize Inama Njyanama basuye ibikorwa bitandukanye mu mirenge…
Mu rwego rwo kwigiranaho ku ngamba zo kwesa Imihigo n’uburyo zishyirwa mu bikorwa, itsinda rigari ry’Akarere ka Nyabihu riyobowe n’Umunyamabanga…
Kuri uyu wa 13 Kamena 2026,Umuyobozi w’Akarere ka Nyabihu, Mme MUKANDAYISENGA Antoinette,yakiriye Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko…
Abaturage bo mu Murenge wa Shyira mu Karere ka Nyabihu n’abo mu Murenge wa Mugunga muri Gakenke bishimiye irangira ry’ikiraro cyo mu kirere cyubatswe…
Kuwa 09 Kamena 2026, Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Bwana Simpenzwe Pascal, yatangije icyumweru cyahariwe…
Umuyobozi w’Akarere, Mme MUKANDAYISENGA Antoinette, ari kumwe na Perezida w’Inama Njyanama y’Akarere, Bwana HABANABAKIZE Protais, bakiriye Intumwa ya…
Minisitiri w’Ibikorwa by’Ubutabazi, Maj.Gen.(Rtd) Albert MURASIRA, ari kumwe n’itsinda ayoboye, kuri uyu wa 01 Gicuransi 2026 yagiriye uruzinduko mu…
Mu rwego rwo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, kuri uyu munsi ku rwibutso rw’Akarere ka Nyabihu ruherereye mu Murenge wa…
Kuri uyu wa 3 Mata 2026, Umuyobozi w’Akarere, Mme Mukandayisenga Antoinette, yakiriye itsinda ry’abasirikare biga mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya…