INAMA KURI EJO HEZA
Kuri uyu wa kane, tariki ya 11 Kanama 2022, mu cyumba cy’inama cy’Akarere ka Nyabihu, habereye inama igamije kwigira hamwe uburyo bwo gufata ingamba hagamijwe kongera ubwizigame n’umubare w’abizigamira muri Ejo Heza, iyoborwa n’Umuyobozi w’Akarere ka Nyabihu, Madamu Mukandayisenga Antoinette ari kumwe n’Umuhuzabikorwa wa Ejo Heza ku rwego rw’Intara y’Uburengerazuba, Bwana Kayumba Bernard n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Nyabihu, Bwana Nsabimana Cyprien.
Iyi nama yatumiwemo, umuyobozi wa BDE mu Karere, umuhuzabikorwa wa Ejo Heza mu Karere ka Nyabihu, abahagarariye inzego z’umutakano, abakozi bo mu ishami rya BDE, abakozi bakorera ku rwego rw’Imirenge bakurikirana gahunda ya Ejo Heza.
Muri iyi nama hafashwe imyanzuro itandukanye;
Abitabiriye inama bishimiye ko Akarere kaje mu myanya ya mbere 10 , mu kwesa umuhigo wa Ejo Heza,
Abitabiriye inama biyemeje ko bagiye gukora ubukangurambaga ku buryo uyu mwaka w’ingengo y’imari wa 2022-2023, Akarere kazaza mu myanya 5 ya mbere kandi ubwizigame bukazagerwaho nibura kuri Miliyoni 500.
Mu gihe cy’Icyumweru cy’Umujyanama cyabaye kuva ku wa 17 kugeza ku wa 19 Kamena 2026, abagize Inama Njyanama basuye ibikorwa bitandukanye mu mirenge…
Mu rwego rwo kwigiranaho ku ngamba zo kwesa Imihigo n’uburyo zishyirwa mu bikorwa, itsinda rigari ry’Akarere ka Nyabihu riyobowe n’Umunyamabanga…
Kuri uyu wa 13 Kamena 2026,Umuyobozi w’Akarere ka Nyabihu, Mme MUKANDAYISENGA Antoinette,yakiriye Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko…
Abaturage bo mu Murenge wa Shyira mu Karere ka Nyabihu n’abo mu Murenge wa Mugunga muri Gakenke bishimiye irangira ry’ikiraro cyo mu kirere cyubatswe…
Kuwa 09 Kamena 2026, Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Bwana Simpenzwe Pascal, yatangije icyumweru cyahariwe…
Umuyobozi w’Akarere, Mme MUKANDAYISENGA Antoinette, ari kumwe na Perezida w’Inama Njyanama y’Akarere, Bwana HABANABAKIZE Protais, bakiriye Intumwa ya…
Minisitiri w’Ibikorwa by’Ubutabazi, Maj.Gen.(Rtd) Albert MURASIRA, ari kumwe n’itsinda ayoboye, kuri uyu wa 01 Gicuransi 2026 yagiriye uruzinduko mu…
Mu rwego rwo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, kuri uyu munsi ku rwibutso rw’Akarere ka Nyabihu ruherereye mu Murenge wa…
Kuri uyu wa 3 Mata 2026, Umuyobozi w’Akarere, Mme Mukandayisenga Antoinette, yakiriye itsinda ry’abasirikare biga mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya…