INAMA NGARUKAGIHEMBWE IHUZA UBUYOBOZI BW’AKARERE, POLICE NA DASSO
Kuri uyu wa gatatu, tariki ya 06 Ugushyingo 2024, Umuyobozi w’Akarere ka Nyabihu, Madamu Mukandayisenga Antoinette ari kumwe n’Umuyobozi wa Police mu Karere ka Nyabihu, SSP Joemason Gasana n’umuhuzabikorwa w’urwego rwa DASSO mu Karere ka Nyabihu, yayoboye inama ngarukagihembwe ihuza ubuyobozi bw’Akarere ka Nyabihu, Police ikorera mu Karere n’abagize urwego rwa DASSO rukorera mu Karere.
Inama yibanze ku ngingo zitandukanye zirimo; imikorere n’imikoranire hagati ya DASSO n’izindi nzego hagamijwe kugera ku ntego Akarere kaba kariyahe, Imihigo y’Akarere ndetse n’ibindi bikorwa bitandukanye bisaba ubufatanye.
Abitabiriye inama kandi baganirijwe kuri gahunda yo gufatira hamwe ingamba zigamije kwihutisha ishyirwamubikorwa ry’Imihigo n’izindi gahunda za Leta zitandukanye, kugira discipline no kunoza ibikorwa bya buri munsi bikorwa na DASSO, kwibukiranya inshingano za DASSO n’ibindi.
Ku wa 18 Gashyantare 2026, mu Kigo cy’Urubyiruko habereye igikorwa cyo gusoza amahugurwa y’imyuga no guha impamyabumenyi urubyiruko 20 rwari rumaze…
Mu rwego rwo korohereza abanyeshuri ba EP Marangara n’abaturage b’Umurenge wa Rugera, cyane mu gihe cy’imvura, hubatswe ikiraro cya Marangara kireshya…
Itsinda ry’Abasenateri riyobowe na Hon.Dr.NYINAWAMWIZA Laetitia ryakoreye uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Karere kuva tariki ya 22–23 Mutarama…
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Bwana HABIMANA Dominique akaba n’Imboni y’Akarere ka Nyabihu, yagiriye uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Karere ka…
Uyu munsi kuwa 12 Ukuboza 2025, mu mirenge yose y’Akarere hijihijwe Umunsi Mpuzamahanga w’Umwarimu, umwe mu minsi ikomeye igenera icyubahiro abarimu…
Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage,Bwana SIMPENZWE Pascal, uyu munsi yitabiriye ibirori byo gusoza ibikorwa…
None tariki ya 03 Ukuboza 2025, u Rwanda rwifatanyije n’isi yose kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Abantu bafite Ubumuga, ibirori bikaba byabereye mu…
Ku wa Gatandatu wa nyuma w’Ukwezi k’Ugushyingo 2025, Abadepite, ubuyobozi bw’Akarere, inzego z’umutekano n’abaturage bo mu Kagari ka Bukinanyana,…
Mu murenge wa Bigogwe mu Kagari ka Kijote hasojwe ku mugaragaro ibikorwa by’Ukwezi kwahariwe Umuryango, byaranzwe n’ibikorwa bitandukanye bigamije…