INAMA NGARUKAGIHEMBWE IHUZA UBUYOBOZI BW’AKARERE, POLICE NA DASSO
Kuri uyu wa gatatu, tariki ya 06 Ugushyingo 2024, Umuyobozi w’Akarere ka Nyabihu, Madamu Mukandayisenga Antoinette ari kumwe n’Umuyobozi wa Police mu Karere ka Nyabihu, SSP Joemason Gasana n’umuhuzabikorwa w’urwego rwa DASSO mu Karere ka Nyabihu, yayoboye inama ngarukagihembwe ihuza ubuyobozi bw’Akarere ka Nyabihu, Police ikorera mu Karere n’abagize urwego rwa DASSO rukorera mu Karere.
Inama yibanze ku ngingo zitandukanye zirimo; imikorere n’imikoranire hagati ya DASSO n’izindi nzego hagamijwe kugera ku ntego Akarere kaba kariyahe, Imihigo y’Akarere ndetse n’ibindi bikorwa bitandukanye bisaba ubufatanye.
Abitabiriye inama kandi baganirijwe kuri gahunda yo gufatira hamwe ingamba zigamije kwihutisha ishyirwamubikorwa ry’Imihigo n’izindi gahunda za Leta zitandukanye, kugira discipline no kunoza ibikorwa bya buri munsi bikorwa na DASSO, kwibukiranya inshingano za DASSO n’ibindi.
Mu gihe cy’Icyumweru cy’Umujyanama cyabaye kuva ku wa 17 kugeza ku wa 19 Kamena 2026, abagize Inama Njyanama basuye ibikorwa bitandukanye mu mirenge…
Mu rwego rwo kwigiranaho ku ngamba zo kwesa Imihigo n’uburyo zishyirwa mu bikorwa, itsinda rigari ry’Akarere ka Nyabihu riyobowe n’Umunyamabanga…
Kuri uyu wa 13 Kamena 2026,Umuyobozi w’Akarere ka Nyabihu, Mme MUKANDAYISENGA Antoinette,yakiriye Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko…
Abaturage bo mu Murenge wa Shyira mu Karere ka Nyabihu n’abo mu Murenge wa Mugunga muri Gakenke bishimiye irangira ry’ikiraro cyo mu kirere cyubatswe…
Kuwa 09 Kamena 2026, Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Bwana Simpenzwe Pascal, yatangije icyumweru cyahariwe…
Umuyobozi w’Akarere, Mme MUKANDAYISENGA Antoinette, ari kumwe na Perezida w’Inama Njyanama y’Akarere, Bwana HABANABAKIZE Protais, bakiriye Intumwa ya…
Minisitiri w’Ibikorwa by’Ubutabazi, Maj.Gen.(Rtd) Albert MURASIRA, ari kumwe n’itsinda ayoboye, kuri uyu wa 01 Gicuransi 2026 yagiriye uruzinduko mu…
Mu rwego rwo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, kuri uyu munsi ku rwibutso rw’Akarere ka Nyabihu ruherereye mu Murenge wa…
Kuri uyu wa 3 Mata 2026, Umuyobozi w’Akarere, Mme Mukandayisenga Antoinette, yakiriye itsinda ry’abasirikare biga mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya…