INAMA YA KOMITE ISHINZWE IMICUNGIRE Y’IMISHINGA
Kuri uyu wa kabiri, tariki ya 25 Werurwe 2025, Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu mu Karere ka Nyabihu, Bwana Habanabakize Jean Claude yayoboye inama ya Komite ishinzwe imicungire y’ibiza mu Karere (District Project Management Committee).
Iyi nama yari igamije kurebera hamwe aho imishinga y’amajyambere igeze ishyirwa mu bikorwa kugira ngo hafatwe ingamba zo kwihutisha imishinga iri kudindira kubera kugenda buhoro.
Ni muri uru rwego hakozwe ibikorwa bitanduaknye, birimo; kuganira ku mishinga harebwa aho igeze no gutanga inama ku mishanga igaragara ko iri kugenda gake gake, gusura imishinga iri gukorwa mu Mirenge ya Jomba, Mukamira na Shyira.
Abagize iyi Komite kandi basuye inzu ziri kubakirwa abarokotse Jenoside yakorewe abatutsi mu mwaka wa 1994 mu Murenge wa Mukamira, hasurwa umushinga wo kubaka ibiro by’Akagari ka Kavumu gaherereye mu Murenge wa Jomba hamwe n’umushinga wo gusana isoko rya Vunga riri mu Murenge wa Shyira.
Minisitiri w’Ibikorwa by’Ubutabazi, Maj.Gen.(Rtd) Albert MURASIRA, ari kumwe n’itsinda ayoboye, kuri uyu wa 01 Gicuransi 2026 yagiriye uruzinduko mu…
Mu rwego rwo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, kuri uyu munsi ku rwibutso rw’Akarere ka Nyabihu ruherereye mu Murenge wa…
Kuri uyu wa 3 Mata 2026, Umuyobozi w’Akarere, Mme Mukandayisenga Antoinette, yakiriye itsinda ry’abasirikare biga mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya…
kuri uyu wa 02 Mata 2026, Umuyobozi w’Akarere, Mme MUKANDAYISENGA Antoinette, yayoboye inama y’umutekano yaguye y’Akarere yitabiriwe n’inzego…
Kuri uyu wa 30 Werurwe, hatashywe ku mugaragaro isoko ry’imboga n’imbuto ryavuguruwe ku bufatanye bw’Akarere n’umushinga KilimoTrust, riherereye mu…
Igikorwa cy’umuganda usoza ukwezi kwa Werurwe cyabereye mu mirenge yose igize Akarere ka Nyabihu, ku rwego rw’akarere kibera mu Murenge wa Kintobo.…
Mu Kagari ka Kijote, Umurenge wa Bigogwe,hatangijwe igikorwa cyo kubakira imiryango 30 yagizweho ingaruka n’ibiza, mu rwego rwo gufasha abaturage…
Abaturage bo mu Kagari ka Kazirankara, Umurenge wa Shyira, bifatanyije n’abayobozi batandukanye kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Abagore, mu gikorwa…
Ku wa 18 Gashyantare 2026, mu Kigo cy’Urubyiruko habereye igikorwa cyo gusoza amahugurwa y’imyuga no guha impamyabumenyi urubyiruko 20 rwari rumaze…