INAMA YA KOMITE ISHINZWE IMICUNGIRE Y’IMISHINGA
Kuri uyu wa kabiri, tariki ya 25 Werurwe 2025, Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu mu Karere ka Nyabihu, Bwana Habanabakize Jean Claude yayoboye inama ya Komite ishinzwe imicungire y’ibiza mu Karere (District Project Management Committee).
Iyi nama yari igamije kurebera hamwe aho imishinga y’amajyambere igeze ishyirwa mu bikorwa kugira ngo hafatwe ingamba zo kwihutisha imishinga iri kudindira kubera kugenda buhoro.
Ni muri uru rwego hakozwe ibikorwa bitanduaknye, birimo; kuganira ku mishinga harebwa aho igeze no gutanga inama ku mishanga igaragara ko iri kugenda gake gake, gusura imishinga iri gukorwa mu Mirenge ya Jomba, Mukamira na Shyira.
Abagize iyi Komite kandi basuye inzu ziri kubakirwa abarokotse Jenoside yakorewe abatutsi mu mwaka wa 1994 mu Murenge wa Mukamira, hasurwa umushinga wo kubaka ibiro by’Akagari ka Kavumu gaherereye mu Murenge wa Jomba hamwe n’umushinga wo gusana isoko rya Vunga riri mu Murenge wa Shyira.
Ku wa 18 Gashyantare 2026, mu Kigo cy’Urubyiruko habereye igikorwa cyo gusoza amahugurwa y’imyuga no guha impamyabumenyi urubyiruko 20 rwari rumaze…
Mu rwego rwo korohereza abanyeshuri ba EP Marangara n’abaturage b’Umurenge wa Rugera, cyane mu gihe cy’imvura, hubatswe ikiraro cya Marangara kireshya…
Itsinda ry’Abasenateri riyobowe na Hon.Dr.NYINAWAMWIZA Laetitia ryakoreye uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Karere kuva tariki ya 22–23 Mutarama…
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Bwana HABIMANA Dominique akaba n’Imboni y’Akarere ka Nyabihu, yagiriye uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Karere ka…
Uyu munsi kuwa 12 Ukuboza 2025, mu mirenge yose y’Akarere hijihijwe Umunsi Mpuzamahanga w’Umwarimu, umwe mu minsi ikomeye igenera icyubahiro abarimu…
Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage,Bwana SIMPENZWE Pascal, uyu munsi yitabiriye ibirori byo gusoza ibikorwa…
None tariki ya 03 Ukuboza 2025, u Rwanda rwifatanyije n’isi yose kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Abantu bafite Ubumuga, ibirori bikaba byabereye mu…
Ku wa Gatandatu wa nyuma w’Ukwezi k’Ugushyingo 2025, Abadepite, ubuyobozi bw’Akarere, inzego z’umutekano n’abaturage bo mu Kagari ka Bukinanyana,…
Mu murenge wa Bigogwe mu Kagari ka Kijote hasojwe ku mugaragaro ibikorwa by’Ukwezi kwahariwe Umuryango, byaranzwe n’ibikorwa bitandukanye bigamije…