INAMA Y’IHURIRO FFRP
Muri gahunda yo gusuzumira hamwe uruhare rw’inzego zitandukanye mu kubungabunga umuryango ushoboye kandi utekanye, kuri uyu wa gatatu, tariki ya 21 Ukuboza 2022, hateranye inama yahuje (FFRP), itsinda ry’Ihuriro ry’abanyarwandakazi bari mu Nteko ishinga amategeko rigizwe na Hon. Depite Bakundufite Chrisrtine ari kumwe na Hon. Depite Mukabikino Jeanne Henriette yahuje ibyiciro bitandukanye ari byo, abagize Inama y’ubutekano itaguye y’Akarere ka Nyabihu, abahagarariye inzego z’umuteakano, CNF ku Karere, NCDP ku Karere, abahagarariye inzego z’abagore ku Karere no mu Mirenge, PSF, abahagarariye amadini n’amatorero.
Abitabiriye inama basuzumiye hamwe uruhare rw’inzego zitandukanye zikorera mu Karere, mu rwego rwo kubungabunga umuryango umeze nabi, ku buryo bw’imibanire ndetse n’umutekano.
Nyuma y’inama abagize iri tsinda ry’abadepite bo mu Ihuriro ry’abanyarwandakazi bari mu Nteko ishingamateko basuye imiryango ibiri ibanye mu makimbirane, iyo miryango ibarizwa mu Murenge wa Mukamira., aho bumvise ibibazo bituma bagirana amakimbirane, maze bagira inama abagize iyi miryango y’uko bagomba kwitwara neza mu mibanire yabo.
Ku wa 18 Gashyantare 2026, mu Kigo cy’Urubyiruko habereye igikorwa cyo gusoza amahugurwa y’imyuga no guha impamyabumenyi urubyiruko 20 rwari rumaze…
Mu rwego rwo korohereza abanyeshuri ba EP Marangara n’abaturage b’Umurenge wa Rugera, cyane mu gihe cy’imvura, hubatswe ikiraro cya Marangara kireshya…
Itsinda ry’Abasenateri riyobowe na Hon.Dr.NYINAWAMWIZA Laetitia ryakoreye uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Karere kuva tariki ya 22–23 Mutarama…
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Bwana HABIMANA Dominique akaba n’Imboni y’Akarere ka Nyabihu, yagiriye uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Karere ka…
Uyu munsi kuwa 12 Ukuboza 2025, mu mirenge yose y’Akarere hijihijwe Umunsi Mpuzamahanga w’Umwarimu, umwe mu minsi ikomeye igenera icyubahiro abarimu…
Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage,Bwana SIMPENZWE Pascal, uyu munsi yitabiriye ibirori byo gusoza ibikorwa…
None tariki ya 03 Ukuboza 2025, u Rwanda rwifatanyije n’isi yose kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Abantu bafite Ubumuga, ibirori bikaba byabereye mu…
Ku wa Gatandatu wa nyuma w’Ukwezi k’Ugushyingo 2025, Abadepite, ubuyobozi bw’Akarere, inzego z’umutekano n’abaturage bo mu Kagari ka Bukinanyana,…
Mu murenge wa Bigogwe mu Kagari ka Kijote hasojwe ku mugaragaro ibikorwa by’Ukwezi kwahariwe Umuryango, byaranzwe n’ibikorwa bitandukanye bigamije…