Inama y’urubyiruko rw’abakorerabushake.

Mu Karere ka Nyabihu, Kuri uyu wa mbere, tariki ya 29/01/2018, mu cyumba cy’inama cy’Akarere habereye inteko rusange y’urubyiruko rw’abakorerabushake (Youth volunteers in community policing, YVCP) mu kurwanya no gukumira ibyaha; iyobowe n’ umuyobozi w’Akarere ka Nyabihu, UWANZWENUWE Théoneste. Iyo nama yize kandi ifata imyanzuro ku ngingo nyinshi zitandukanye; Uruhare rwa YVCP mu kubaka u Rwanda twifuza, Kwibukiranya indangagaciro za YVCP, Kurwanya no gukumira ibyaha, Gahunda yo kurwanya imirire mibi n’isuku nke bigaragara mu Karere ka Nyabihu, Urahare rwa YVCP mu gufasha urubyiruko ruri ku rugerero, Kugira uruhare ku munsi mukuru w’Intwari uzaba ku ya 01/02/2018, Gukomeza kongera abanyamuryango ba YVCP . Nyuma y’inama hafashwe imyanzuro ikurikira ; Gukora screening ku bantu bakoresha ibiyobyabwenge, ingo zibana mu makimbirane ndetse n’abana bataye ishuri. Gukomeza gushyira imbaraga mu kurwanya imirire mibi ndetse n’isuku nke bigaragara mu miryango imwe n’imwe aho urubyiruko rwatwaye urutonde rw’imiryango 400 yagaragayemo abana bafite imikurire mibi izubakirwa uturima tw’igikoni mu rwego rwo kurwanya imirire mibi. Gukomeza gukorana bya hafi n’intore ziri ku rugerero kugira ngo zese mihigo zahize. Gukomeza ubukangurambaga mu gukumira ibyaha bikurukira ; Ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge Kurwanya ruswa, akarengane n’icuruzwa ry’abantu Iyo nama yitabiriwe na ; NDAYISABA Peter (Commissionner of legal affairs at national level) BUNEZERO Jean Baptiste (Coordinator of YV Nyabihu) MURWANASHYAKA Bosco (Umukozi ushinzwe urubyiruko, umuco na sports mu Karere) BYUKUSENGE Jacqueline (Umutahira w’Akarere) IP MINANI Alexandre (DCLO) Lt. Maurice BIGIRIMANA (S9th infBN) MICOMYIZA Herman (Umuyobozi w’urugaga rw’urubyiruko rushamikiye kuri FPR Inkotanyi. Inama ikaba yitabiriwe n’abanyamuryango 246 bahagarariye abandi.

URUBYRUKO 20 BAHAWE IMPAMYABUMENYI Z’IMYUGA

Ku wa 18 Gashyantare 2026, mu Kigo cy’Urubyiruko habereye igikorwa cyo gusoza amahugurwa y’imyuga no guha impamyabumenyi urubyiruko 20 rwari rumaze…

Read more →

RUGERA: HUZUYE IKIRARO CYO MU KIRERE CYA METERO 95

Mu rwego rwo korohereza abanyeshuri ba EP Marangara n’abaturage b’Umurenge wa Rugera, cyane mu gihe cy’imvura, hubatswe ikiraro cya Marangara kireshya…

Read more →

ABASENATERI BASUZUMYE ITERAMBERE RY’UBWOROZI MU KARERE KA NYABIHU

Itsinda ry’Abasenateri riyobowe na Hon.Dr.NYINAWAMWIZA Laetitia ryakoreye uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Karere kuva tariki ya 22–23 Mutarama…

Read more →

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu mu ruzinduko rw’iminsi ibiri mu Karere ka Nyabihu

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Bwana HABIMANA Dominique akaba n’Imboni y’Akarere ka Nyabihu, yagiriye uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Karere ka…

Read more →

RAMBURA: HIZIHIJWE UMUNSI MPUZAMAHANGA W’UMWARIMU, HAHEMBWA INDASHYIKIRWA

Uyu munsi kuwa 12 Ukuboza 2025, mu mirenge yose y’Akarere hijihijwe Umunsi Mpuzamahanga w’Umwarimu, umwe mu minsi ikomeye igenera icyubahiro abarimu…

Read more →

VISI MEYA SIMPENZWE PASCAL YIFATANYIJE N’ABATURAGE MU GUSOZA IBIKORWA BY’UMUSHINGA HEALTH POVERTY ACTION

Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage,Bwana  SIMPENZWE Pascal, uyu munsi yitabiriye ibirori byo gusoza ibikorwa…

Read more →

U Rwanda rwifatanyije n’Isi kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Abantu bafite Ubumuga wabereye mu Karere ka Nyabihu

None tariki ya 03 Ukuboza 2025, u Rwanda rwifatanyije n’isi yose kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Abantu bafite Ubumuga, ibirori bikaba byabereye mu…

Read more →

Abayobozi b’Inzego Zitandukanye Bifatanyije n’Abaturage ba Bukinanyana mu Muganda wo Kwimakaza Isuku n’Isukura

Ku wa Gatandatu wa nyuma w’Ukwezi k’Ugushyingo 2025, Abadepite, ubuyobozi bw’Akarere, inzego z’umutekano n’abaturage bo mu Kagari ka Bukinanyana,…

Read more →

Bigogwe: Hasorejwe Ukwezi Kwahariwe Umuryango,Imiryango 10 Isezerana byemewe m'amategeko

Mu murenge wa Bigogwe mu Kagari ka Kijote hasojwe ku mugaragaro ibikorwa by’Ukwezi kwahariwe Umuryango, byaranzwe n’ibikorwa bitandukanye bigamije…

Read more →
-->