ISUZUMA RY’IBIKORWA BYA HUMAN SECURITY
Mu Karere ka Nyabihu, kuri uyu wa 19/02/2019, hakiriwe itsinda riturutse ku rwego rw’Igihugu, riyobowe na ACP Rose Muhisoni na Rushisha Charles. Iri tsinda ryasuye Akarere mu rwego rwo gukurikirana ikemurwa ry’ibibazo bibangamiye imibereho myiza y’abaturage.
Nyuma yo kuganira n’inzego zitandukanye zikorera mu Karere, abagize itsinda bagiye kugenzura ahakorerwa ibikorwa bitandukanye byo muri uru rwego, aho basuye Imirenge ya Karago na Rambura.
Muri iyi Mirenge yasuwe abagize iri tsinda bagenzuye abaturage bakize amavunja, abatakirarana n’amatungo, abana bavuye mu mirire mibi, abaturage bubakiwe amacumbi.
Abayobozi ku nzego zose basabwe kurushaho gukurikirana ibi bibazo kugira ngo birangire burundu.
Mu gihe cy’Icyumweru cy’Umujyanama cyabaye kuva ku wa 17 kugeza ku wa 19 Kamena 2026, abagize Inama Njyanama basuye ibikorwa bitandukanye mu mirenge…
Mu rwego rwo kwigiranaho ku ngamba zo kwesa Imihigo n’uburyo zishyirwa mu bikorwa, itsinda rigari ry’Akarere ka Nyabihu riyobowe n’Umunyamabanga…
Kuri uyu wa 13 Kamena 2026,Umuyobozi w’Akarere ka Nyabihu, Mme MUKANDAYISENGA Antoinette,yakiriye Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko…
Abaturage bo mu Murenge wa Shyira mu Karere ka Nyabihu n’abo mu Murenge wa Mugunga muri Gakenke bishimiye irangira ry’ikiraro cyo mu kirere cyubatswe…
Kuwa 09 Kamena 2026, Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Bwana Simpenzwe Pascal, yatangije icyumweru cyahariwe…
Umuyobozi w’Akarere, Mme MUKANDAYISENGA Antoinette, ari kumwe na Perezida w’Inama Njyanama y’Akarere, Bwana HABANABAKIZE Protais, bakiriye Intumwa ya…
Minisitiri w’Ibikorwa by’Ubutabazi, Maj.Gen.(Rtd) Albert MURASIRA, ari kumwe n’itsinda ayoboye, kuri uyu wa 01 Gicuransi 2026 yagiriye uruzinduko mu…
Mu rwego rwo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, kuri uyu munsi ku rwibutso rw’Akarere ka Nyabihu ruherereye mu Murenge wa…
Kuri uyu wa 3 Mata 2026, Umuyobozi w’Akarere, Mme Mukandayisenga Antoinette, yakiriye itsinda ry’abasirikare biga mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya…