UBUKANGURAMBAGA KU CYUMWERU CYAHARIWE KONSA

Kuri uyu wa gatatu, tariki ya 08 Kanama 2024, mu Mudugudu wa Kaminuza, Akagari ka Gihorwe, Umurenge wa Kabatwa, Akrere ka Nyabihu, hatangirijwe ku rwego rw’Igihugu ubukangurambaga ku cyumweru cyahariwe konsa, cyahawe insanganyamatisko igira iti’’ Umwana wonse neza, ishema ryacu’’

Muri ubu bukangurambaga umushyitsi mukuru yari Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba, Hon. Dushiminana Lambert wari kumwe n’abandi bayobozi batandukanye barimo; Umuyobozi mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe iterambere ry’umwana( NCDA), Madamu Ingabire Assoumpta, abagize Inama y’umutekano itaguye y’Intara y’Iburengerazuba, Inama y’umutekano itaguye y’Akarere ka Nyabihu n’abandi bafatanyabikorwa batandukanye; bose bahawe ikaze n’Umuyobozi w’Akarere, Madamu Mukandayisenga Antoinette.

Muri iki gikorwa hatanzwe ubutumwa butandukanye bwose buganisha ku nsanganyamatsiko yacyo no kugabururira abana indyo yuzuye barindwa igwingira. Iki gikorwa kandi cyaranzwe no kugaburira abana indyo yuzuye, gusura ECD ya Basumba iherereye mu Kagari ka Basumba, mu Murenge wa Bigogwe yubatswe ku bufatanye na Reach the Children Rwanda. Icyari kigamijwe ni ukureba services zitangirwa muri uru rugo mbonezamikurire.

Muri uru rugo mbonezamikurire hasuwe: Serivisi zitangwa muri ECD zirimo; imirire myiza, isuku n’isukura, ahororerwa inkoko zizajya zitanga amagi yo kugaburira abana, aho abana baruhukira                 ( Sleeping room) n’inyubako za ECD Basumba muri rusange.

Mu butumwa yageneye abitabiriye, Umuyobozi w’Intara y’Iburengerazuba, yongeye kwibutsa abitabiriye ubu bukangurambaga ko umwana wonse neza agira ubumenyi, ubwenge, imitekerereze n’imikorere byubaka umuryango n’Igihugu, bigatera ishema, bityo buri wese agomba guharanira ko konsa bikorwa neza kandi uko bikwiye. 


URUBYRUKO 20 BAHAWE IMPAMYABUMENYI Z’IMYUGA

Ku wa 18 Gashyantare 2026, mu Kigo cy’Urubyiruko habereye igikorwa cyo gusoza amahugurwa y’imyuga no guha impamyabumenyi urubyiruko 20 rwari rumaze…

Read more →

RUGERA: HUZUYE IKIRARO CYO MU KIRERE CYA METERO 95

Mu rwego rwo korohereza abanyeshuri ba EP Marangara n’abaturage b’Umurenge wa Rugera, cyane mu gihe cy’imvura, hubatswe ikiraro cya Marangara kireshya…

Read more →

ABASENATERI BASUZUMYE ITERAMBERE RY’UBWOROZI MU KARERE KA NYABIHU

Itsinda ry’Abasenateri riyobowe na Hon.Dr.NYINAWAMWIZA Laetitia ryakoreye uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Karere kuva tariki ya 22–23 Mutarama…

Read more →

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu mu ruzinduko rw’iminsi ibiri mu Karere ka Nyabihu

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Bwana HABIMANA Dominique akaba n’Imboni y’Akarere ka Nyabihu, yagiriye uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Karere ka…

Read more →

RAMBURA: HIZIHIJWE UMUNSI MPUZAMAHANGA W’UMWARIMU, HAHEMBWA INDASHYIKIRWA

Uyu munsi kuwa 12 Ukuboza 2025, mu mirenge yose y’Akarere hijihijwe Umunsi Mpuzamahanga w’Umwarimu, umwe mu minsi ikomeye igenera icyubahiro abarimu…

Read more →

VISI MEYA SIMPENZWE PASCAL YIFATANYIJE N’ABATURAGE MU GUSOZA IBIKORWA BY’UMUSHINGA HEALTH POVERTY ACTION

Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage,Bwana  SIMPENZWE Pascal, uyu munsi yitabiriye ibirori byo gusoza ibikorwa…

Read more →

U Rwanda rwifatanyije n’Isi kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Abantu bafite Ubumuga wabereye mu Karere ka Nyabihu

None tariki ya 03 Ukuboza 2025, u Rwanda rwifatanyije n’isi yose kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Abantu bafite Ubumuga, ibirori bikaba byabereye mu…

Read more →

Abayobozi b’Inzego Zitandukanye Bifatanyije n’Abaturage ba Bukinanyana mu Muganda wo Kwimakaza Isuku n’Isukura

Ku wa Gatandatu wa nyuma w’Ukwezi k’Ugushyingo 2025, Abadepite, ubuyobozi bw’Akarere, inzego z’umutekano n’abaturage bo mu Kagari ka Bukinanyana,…

Read more →

Bigogwe: Hasorejwe Ukwezi Kwahariwe Umuryango,Imiryango 10 Isezerana byemewe m'amategeko

Mu murenge wa Bigogwe mu Kagari ka Kijote hasojwe ku mugaragaro ibikorwa by’Ukwezi kwahariwe Umuryango, byaranzwe n’ibikorwa bitandukanye bigamije…

Read more →
-->