UBUKANGURAMBAGA MU KURWANYA IMIRIRE MIBI
Mu Murenge wa Jenda, Akarere ka Nyabihu, kuri uyu wa kane, tariki ya 28/02/2019, habaye igikorwa cyo gutangiza ubukangurambaga muri gahunda yo kurwanya imirire mibi n’igwingira ry’abana bato tuzirikana gahunda yo kuboneza urubyaro. Iki gikorwa cyitabiriwe n’abahagarariye inzego zitandukanye, hari Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza, Bwana Simpenzwe Pascal, akaba n’umushyitsi mukuru, Umuyobozi w’Ingabo mu Karere ka Nyabihu, Lt Col. Kabanda Peter, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Nyabihu, Bwana Ndizeye Emmanuel, Umuyobozi wa JADF ku rwego rw’Akarere, Pastor Twizerimana Ildephonse, Uhagarariye itsinda ry’abanyeshuri n’abakozi baturutse muri Kaminuza y’U Rwanda ishami ry’Ubuvuzi, Dr NULU Assoumani, Umuyobozi w’Ibitaro bya Shyira, Major Dr. Ritayisire Emmanuel, Abafatanyabikorwa b’akarere ka Nyabihu; ADRA-Rwanda, Gikuriro, Isuku Iwacu, Ingobyi. Hari kandi n’abayobozi b’ibigo nderabuzima byose biri mu Karere ka Nyabihu, abakozi b’akarere n’ab’Umurenge ndetse n’abaturage benshi.
Minisitiri w’Ibikorwa by’Ubutabazi, Maj.Gen.(Rtd) Albert MURASIRA, ari kumwe n’itsinda ayoboye, kuri uyu wa 01 Gicuransi 2026 yagiriye uruzinduko mu…
Mu rwego rwo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, kuri uyu munsi ku rwibutso rw’Akarere ka Nyabihu ruherereye mu Murenge wa…
Kuri uyu wa 3 Mata 2026, Umuyobozi w’Akarere, Mme Mukandayisenga Antoinette, yakiriye itsinda ry’abasirikare biga mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya…
kuri uyu wa 02 Mata 2026, Umuyobozi w’Akarere, Mme MUKANDAYISENGA Antoinette, yayoboye inama y’umutekano yaguye y’Akarere yitabiriwe n’inzego…
Kuri uyu wa 30 Werurwe, hatashywe ku mugaragaro isoko ry’imboga n’imbuto ryavuguruwe ku bufatanye bw’Akarere n’umushinga KilimoTrust, riherereye mu…
Igikorwa cy’umuganda usoza ukwezi kwa Werurwe cyabereye mu mirenge yose igize Akarere ka Nyabihu, ku rwego rw’akarere kibera mu Murenge wa Kintobo.…
Mu Kagari ka Kijote, Umurenge wa Bigogwe,hatangijwe igikorwa cyo kubakira imiryango 30 yagizweho ingaruka n’ibiza, mu rwego rwo gufasha abaturage…
Abaturage bo mu Kagari ka Kazirankara, Umurenge wa Shyira, bifatanyije n’abayobozi batandukanye kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Abagore, mu gikorwa…
Ku wa 18 Gashyantare 2026, mu Kigo cy’Urubyiruko habereye igikorwa cyo gusoza amahugurwa y’imyuga no guha impamyabumenyi urubyiruko 20 rwari rumaze…