UBUKANGURAMBAGA MU KURWANYA IMIRIRE MIBI
Mu Murenge wa Jenda, Akarere ka Nyabihu, kuri uyu wa kane, tariki ya 28/02/2019, habaye igikorwa cyo gutangiza ubukangurambaga muri gahunda yo kurwanya imirire mibi n’igwingira ry’abana bato tuzirikana gahunda yo kuboneza urubyaro. Iki gikorwa cyitabiriwe n’abahagarariye inzego zitandukanye, hari Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza, Bwana Simpenzwe Pascal, akaba n’umushyitsi mukuru, Umuyobozi w’Ingabo mu Karere ka Nyabihu, Lt Col. Kabanda Peter, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Nyabihu, Bwana Ndizeye Emmanuel, Umuyobozi wa JADF ku rwego rw’Akarere, Pastor Twizerimana Ildephonse, Uhagarariye itsinda ry’abanyeshuri n’abakozi baturutse muri Kaminuza y’U Rwanda ishami ry’Ubuvuzi, Dr NULU Assoumani, Umuyobozi w’Ibitaro bya Shyira, Major Dr. Ritayisire Emmanuel, Abafatanyabikorwa b’akarere ka Nyabihu; ADRA-Rwanda, Gikuriro, Isuku Iwacu, Ingobyi. Hari kandi n’abayobozi b’ibigo nderabuzima byose biri mu Karere ka Nyabihu, abakozi b’akarere n’ab’Umurenge ndetse n’abaturage benshi.
Mu gihe cy’Icyumweru cy’Umujyanama cyabaye kuva ku wa 17 kugeza ku wa 19 Kamena 2026, abagize Inama Njyanama basuye ibikorwa bitandukanye mu mirenge…
Mu rwego rwo kwigiranaho ku ngamba zo kwesa Imihigo n’uburyo zishyirwa mu bikorwa, itsinda rigari ry’Akarere ka Nyabihu riyobowe n’Umunyamabanga…
Kuri uyu wa 13 Kamena 2026,Umuyobozi w’Akarere ka Nyabihu, Mme MUKANDAYISENGA Antoinette,yakiriye Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko…
Abaturage bo mu Murenge wa Shyira mu Karere ka Nyabihu n’abo mu Murenge wa Mugunga muri Gakenke bishimiye irangira ry’ikiraro cyo mu kirere cyubatswe…
Kuwa 09 Kamena 2026, Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Bwana Simpenzwe Pascal, yatangije icyumweru cyahariwe…
Umuyobozi w’Akarere, Mme MUKANDAYISENGA Antoinette, ari kumwe na Perezida w’Inama Njyanama y’Akarere, Bwana HABANABAKIZE Protais, bakiriye Intumwa ya…
Minisitiri w’Ibikorwa by’Ubutabazi, Maj.Gen.(Rtd) Albert MURASIRA, ari kumwe n’itsinda ayoboye, kuri uyu wa 01 Gicuransi 2026 yagiriye uruzinduko mu…
Mu rwego rwo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, kuri uyu munsi ku rwibutso rw’Akarere ka Nyabihu ruherereye mu Murenge wa…
Kuri uyu wa 3 Mata 2026, Umuyobozi w’Akarere, Mme Mukandayisenga Antoinette, yakiriye itsinda ry’abasirikare biga mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya…