UBUKANGURAMBAGA MU KURWANYA IMIRIRE MIBI
Mu Murenge wa Jenda, Akarere ka Nyabihu, kuri uyu wa kane, tariki ya 28/02/2019, habaye igikorwa cyo gutangiza ubukangurambaga muri gahunda yo kurwanya imirire mibi n’igwingira ry’abana bato tuzirikana gahunda yo kuboneza urubyaro. Iki gikorwa cyitabiriwe n’abahagarariye inzego zitandukanye, hari Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza, Bwana Simpenzwe Pascal, akaba n’umushyitsi mukuru, Umuyobozi w’Ingabo mu Karere ka Nyabihu, Lt Col. Kabanda Peter, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Nyabihu, Bwana Ndizeye Emmanuel, Umuyobozi wa JADF ku rwego rw’Akarere, Pastor Twizerimana Ildephonse, Uhagarariye itsinda ry’abanyeshuri n’abakozi baturutse muri Kaminuza y’U Rwanda ishami ry’Ubuvuzi, Dr NULU Assoumani, Umuyobozi w’Ibitaro bya Shyira, Major Dr. Ritayisire Emmanuel, Abafatanyabikorwa b’akarere ka Nyabihu; ADRA-Rwanda, Gikuriro, Isuku Iwacu, Ingobyi. Hari kandi n’abayobozi b’ibigo nderabuzima byose biri mu Karere ka Nyabihu, abakozi b’akarere n’ab’Umurenge ndetse n’abaturage benshi.
Ku wa 18 Gashyantare 2026, mu Kigo cy’Urubyiruko habereye igikorwa cyo gusoza amahugurwa y’imyuga no guha impamyabumenyi urubyiruko 20 rwari rumaze…
Mu rwego rwo korohereza abanyeshuri ba EP Marangara n’abaturage b’Umurenge wa Rugera, cyane mu gihe cy’imvura, hubatswe ikiraro cya Marangara kireshya…
Itsinda ry’Abasenateri riyobowe na Hon.Dr.NYINAWAMWIZA Laetitia ryakoreye uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Karere kuva tariki ya 22–23 Mutarama…
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Bwana HABIMANA Dominique akaba n’Imboni y’Akarere ka Nyabihu, yagiriye uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Karere ka…
Uyu munsi kuwa 12 Ukuboza 2025, mu mirenge yose y’Akarere hijihijwe Umunsi Mpuzamahanga w’Umwarimu, umwe mu minsi ikomeye igenera icyubahiro abarimu…
Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage,Bwana SIMPENZWE Pascal, uyu munsi yitabiriye ibirori byo gusoza ibikorwa…
None tariki ya 03 Ukuboza 2025, u Rwanda rwifatanyije n’isi yose kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Abantu bafite Ubumuga, ibirori bikaba byabereye mu…
Ku wa Gatandatu wa nyuma w’Ukwezi k’Ugushyingo 2025, Abadepite, ubuyobozi bw’Akarere, inzego z’umutekano n’abaturage bo mu Kagari ka Bukinanyana,…
Mu murenge wa Bigogwe mu Kagari ka Kijote hasojwe ku mugaragaro ibikorwa by’Ukwezi kwahariwe Umuryango, byaranzwe n’ibikorwa bitandukanye bigamije…