Umushinga MCSP wasoje ibikorwa byawo mu Karere ka Nyabihu.

Uyu munsi ku wa gatatu, tariki ya 01/8/2018, mu cyumba cy’inama cya La Corniche Mukamira, mu Karere ka Nyabihu, Umurenge wa Mukamira habereye igikorwa cyo kumurika ibikorwa by’umuryango utegamiye kuri Leta MCSP Jhpiego no guhagarika ibikorwa byabo bamazemo imyaka itatu mu Karere ka Nyabihu. Iki gikorwa cyitabiriwe n’abantu batandukanye; Ku ruhande rwa MCSP hari; Dr. Stephen Mutwiwa, Country Director, Dr. Alfred Twagiramungu, FP team leader, Dr. Edwin Tayebwa, M&E Director, DR Assoumpta, New born team leader, Harelimana Modeste, Field program manager, Bangambiki Evariste,Communication Officer, Niyonsenga Donatien, Nyabihu District Coordinator Ku ruhande rw’Akarere ka Nyabihu, Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza, Bwana Simpenzwe Pascal, Umuyobozi mukuru w’Ibitaro bya Shyira, Umuyobozi w’Ishami ry’Uburezi mu Karere, District JADF Ps Abayobozi b’ibigo nderabuzima biri mu Karere ka Nyabihu Ibikorwa bya MCSP byari bifite intego rusange yo guhagarika no gukuraho burundu imfu z’abana n’ababyeyi zishobora kwirindwa. Ibi bikaba byaragezweho hakorwa ibikorwa bitandukanye; Gufasha mu bikorwa byo kuboneza urubyaro hakoreshwa uburyo bwose ndetse n’ubwa burundu, Gutanga ubuvuzi bw’ibanze ku bana bakivuka, Gutanga ubufasha ku babyeyi igihe batwite, babyara na nyuma yo kubyara, Gusiramura abagabo, Guhugura abajyana b’ubuzima mu kwita ku babyeyi batwite, ababyaye n’impinja, Gufasha urubyiruko mu buzima bw’imyororokere, Kubahiriza ihame ry’uburinganire no kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina(GBV) Ikurikiranabikorwa muri gahunda y’ubuzima kubyaza imibare amakuru aganisha ku mpinduka nziza, Kuvura indwara yo kujojoba ku bagore no kuyirinda hubahirizwa ihame rya Serivisi nziza ku buzima bw’ababyeyi, Kuvura abana bari munsi y’imyaka itanu hakurikijwe amabwiriza ya OMS (Ubuvuzi bukomatanyije) Gukora ubukangurambaga mu baturage kubijyanye na serivisi nziza.

URUBYRUKO 20 BAHAWE IMPAMYABUMENYI Z’IMYUGA

Ku wa 18 Gashyantare 2026, mu Kigo cy’Urubyiruko habereye igikorwa cyo gusoza amahugurwa y’imyuga no guha impamyabumenyi urubyiruko 20 rwari rumaze…

Read more →

RUGERA: HUZUYE IKIRARO CYO MU KIRERE CYA METERO 95

Mu rwego rwo korohereza abanyeshuri ba EP Marangara n’abaturage b’Umurenge wa Rugera, cyane mu gihe cy’imvura, hubatswe ikiraro cya Marangara kireshya…

Read more →

ABASENATERI BASUZUMYE ITERAMBERE RY’UBWOROZI MU KARERE KA NYABIHU

Itsinda ry’Abasenateri riyobowe na Hon.Dr.NYINAWAMWIZA Laetitia ryakoreye uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Karere kuva tariki ya 22–23 Mutarama…

Read more →

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu mu ruzinduko rw’iminsi ibiri mu Karere ka Nyabihu

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Bwana HABIMANA Dominique akaba n’Imboni y’Akarere ka Nyabihu, yagiriye uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Karere ka…

Read more →

RAMBURA: HIZIHIJWE UMUNSI MPUZAMAHANGA W’UMWARIMU, HAHEMBWA INDASHYIKIRWA

Uyu munsi kuwa 12 Ukuboza 2025, mu mirenge yose y’Akarere hijihijwe Umunsi Mpuzamahanga w’Umwarimu, umwe mu minsi ikomeye igenera icyubahiro abarimu…

Read more →

VISI MEYA SIMPENZWE PASCAL YIFATANYIJE N’ABATURAGE MU GUSOZA IBIKORWA BY’UMUSHINGA HEALTH POVERTY ACTION

Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage,Bwana  SIMPENZWE Pascal, uyu munsi yitabiriye ibirori byo gusoza ibikorwa…

Read more →

U Rwanda rwifatanyije n’Isi kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Abantu bafite Ubumuga wabereye mu Karere ka Nyabihu

None tariki ya 03 Ukuboza 2025, u Rwanda rwifatanyije n’isi yose kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Abantu bafite Ubumuga, ibirori bikaba byabereye mu…

Read more →

Abayobozi b’Inzego Zitandukanye Bifatanyije n’Abaturage ba Bukinanyana mu Muganda wo Kwimakaza Isuku n’Isukura

Ku wa Gatandatu wa nyuma w’Ukwezi k’Ugushyingo 2025, Abadepite, ubuyobozi bw’Akarere, inzego z’umutekano n’abaturage bo mu Kagari ka Bukinanyana,…

Read more →

Bigogwe: Hasorejwe Ukwezi Kwahariwe Umuryango,Imiryango 10 Isezerana byemewe m'amategeko

Mu murenge wa Bigogwe mu Kagari ka Kijote hasojwe ku mugaragaro ibikorwa by’Ukwezi kwahariwe Umuryango, byaranzwe n’ibikorwa bitandukanye bigamije…

Read more →
-->