URUZINDUKO RW’UMUNYAMABANGA WA LETA MURI MINISITERI Y’IBIKORWA REMEZO
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwa remezo, Eng. Uwase Patricie, yagiriye uruzinduko mu Karere ka Nyabihu, kuri uyu wa kane, tariki ya 12 Gicurasi 2023, yitabira inama ya Command Post y’Akarere ishinzwe gukorerwamo gahunda zose zijyane n’imicungire y’ibiza, aho yakiriwe n’Umuyobozi w’Akarere, Madamu Mukandayisenga Antoinette ari kumwe na CP Vianney Nshimiyimana n’abandi bagize command post. Ni muri gahunda yo kureba aho ibikorwa byo kwita ku miryango yagizweho ingaruka n’ibiza bigeze no guhumuriza abaturage.
Nyuma y’inama ya command post, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ibikorwa remezo ari kumwe n’Umuyobozi w’Akarere ka Nyabihu, basuye ikiyaga cya Nyirakigugu giherereye mu Murenge wa Jenda, kirimo kuzura gisatira ingo z’abaturage. Aba bayobozi bakomeje basura sites zicumbikiweho imiryango y’abagizweho ingaruka n’ibiza: Site ya Kibisabo mu Murenge wa Rambura, Nanga mu Murenge wa Mukamira, EAR Mukaka iherereye mu Murenge wa Shyira.
Ku wa 18 Gashyantare 2026, mu Kigo cy’Urubyiruko habereye igikorwa cyo gusoza amahugurwa y’imyuga no guha impamyabumenyi urubyiruko 20 rwari rumaze…
Mu rwego rwo korohereza abanyeshuri ba EP Marangara n’abaturage b’Umurenge wa Rugera, cyane mu gihe cy’imvura, hubatswe ikiraro cya Marangara kireshya…
Itsinda ry’Abasenateri riyobowe na Hon.Dr.NYINAWAMWIZA Laetitia ryakoreye uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Karere kuva tariki ya 22–23 Mutarama…
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Bwana HABIMANA Dominique akaba n’Imboni y’Akarere ka Nyabihu, yagiriye uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Karere ka…
Uyu munsi kuwa 12 Ukuboza 2025, mu mirenge yose y’Akarere hijihijwe Umunsi Mpuzamahanga w’Umwarimu, umwe mu minsi ikomeye igenera icyubahiro abarimu…
Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage,Bwana SIMPENZWE Pascal, uyu munsi yitabiriye ibirori byo gusoza ibikorwa…
None tariki ya 03 Ukuboza 2025, u Rwanda rwifatanyije n’isi yose kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Abantu bafite Ubumuga, ibirori bikaba byabereye mu…
Ku wa Gatandatu wa nyuma w’Ukwezi k’Ugushyingo 2025, Abadepite, ubuyobozi bw’Akarere, inzego z’umutekano n’abaturage bo mu Kagari ka Bukinanyana,…
Mu murenge wa Bigogwe mu Kagari ka Kijote hasojwe ku mugaragaro ibikorwa by’Ukwezi kwahariwe Umuryango, byaranzwe n’ibikorwa bitandukanye bigamije…