ISUZUMA RY’IMIHIGO YA MUTIMAWURUGO
Uyu munsi, ku wa gatatu, tariki ya 05 Gashyantare 2025, itsinda riturutse ku Ntara y’Iburengerazuba riyobowe na Bagirinka Vestine, Umuhuzabikorwa w’Inama y’Igihugu y’abagore( CNF) ku rwego rw’Intara ari kumwe na Komiseri w’ubukungu ku rwego rw’Intara, Twagiramungu Angelique, baje gusuzuma Imihigo ya Mutimawurugo mu Karere ka Nyabihu.
Muri iki gikorwa bakiriwe n’Umuyobozi w’Akarere, Madamu Mukandayisenga Antoinette ari kumwe n’Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe imibereho y’abaturage, Bwana Simpenzwe Pascal. Muri iri suzuma ry’Imihigo hagaragajwe ishusho rusange y’ aho Imihigo ya Mutimawurugo 2024-20245 igeze ishyirwa mu bikorwa( Presentation), kungurana ibitekerezo ku byagaragajwe muri presentation, kureba raporo muri classement, gutanga inama ku byagaragaye.
Nyuma gahunda yakomeje basura ibikorwa mu Midugudu ntangarugero, aho basuye Umudugudu wa Biriba mu Murenge wa Mukamira nk’Umudugudu weserejwemo Imihigo mu mwaka wa 2022-2023, hasuwe kandi Umudugudu wa Rushunguru wo mu Murenge wa Jenda nk’umwe mu Midugudu yeserezwamo Imihigo ya Mutimawurugo muri uyu mwaka wa 2024-2025.
Ku wa 18 Gashyantare 2026, mu Kigo cy’Urubyiruko habereye igikorwa cyo gusoza amahugurwa y’imyuga no guha impamyabumenyi urubyiruko 20 rwari rumaze…
Mu rwego rwo korohereza abanyeshuri ba EP Marangara n’abaturage b’Umurenge wa Rugera, cyane mu gihe cy’imvura, hubatswe ikiraro cya Marangara kireshya…
Itsinda ry’Abasenateri riyobowe na Hon.Dr.NYINAWAMWIZA Laetitia ryakoreye uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Karere kuva tariki ya 22–23 Mutarama…
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Bwana HABIMANA Dominique akaba n’Imboni y’Akarere ka Nyabihu, yagiriye uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Karere ka…
Uyu munsi kuwa 12 Ukuboza 2025, mu mirenge yose y’Akarere hijihijwe Umunsi Mpuzamahanga w’Umwarimu, umwe mu minsi ikomeye igenera icyubahiro abarimu…
Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage,Bwana SIMPENZWE Pascal, uyu munsi yitabiriye ibirori byo gusoza ibikorwa…
None tariki ya 03 Ukuboza 2025, u Rwanda rwifatanyije n’isi yose kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Abantu bafite Ubumuga, ibirori bikaba byabereye mu…
Ku wa Gatandatu wa nyuma w’Ukwezi k’Ugushyingo 2025, Abadepite, ubuyobozi bw’Akarere, inzego z’umutekano n’abaturage bo mu Kagari ka Bukinanyana,…
Mu murenge wa Bigogwe mu Kagari ka Kijote hasojwe ku mugaragaro ibikorwa by’Ukwezi kwahariwe Umuryango, byaranzwe n’ibikorwa bitandukanye bigamije…