Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu mu ruzinduko rw’iminsi ibiri mu Karere ka Nyabihu
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Bwana HABIMANA Dominique akaba n’Imboni y’Akarere ka Nyabihu, yagiriye uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Karere ka…
RAMBURA: HIZIHIJWE UMUNSI MPUZAMAHANGA W’UMWARIMU, HAHEMBWA INDASHYIKIRWA
Uyu munsi kuwa 12 Ukuboza 2025, mu mirenge yose y’Akarere hijihijwe Umunsi Mpuzamahanga w’Umwarimu, umwe mu minsi ikomeye igenera icyubahiro abarimu…
VISI MEYA SIMPENZWE PASCAL YIFATANYIJE N’ABATURAGE MU GUSOZA IBIKORWA BY’UMUSHINGA HEALTH POVERTY ACTION
Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage,Bwana SIMPENZWE Pascal, uyu munsi yitabiriye ibirori byo gusoza ibikorwa…
U Rwanda rwifatanyije n’Isi kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Abantu bafite Ubumuga wabereye mu Karere ka Nyabihu
None tariki ya 03 Ukuboza 2025, u Rwanda rwifatanyije n’isi yose kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Abantu bafite Ubumuga, ibirori bikaba byabereye mu…
Abayobozi b’Inzego Zitandukanye Bifatanyije n’Abaturage ba Bukinanyana mu Muganda wo Kwimakaza Isuku n’Isukura
Ku wa Gatandatu wa nyuma w’Ukwezi k’Ugushyingo 2025, Abadepite, ubuyobozi bw’Akarere, inzego z’umutekano n’abaturage bo mu Kagari ka Bukinanyana,…
Bigogwe: Hasorejwe Ukwezi Kwahariwe Umuryango,Imiryango 10 Isezerana byemewe m'amategeko
Mu murenge wa Bigogwe mu Kagari ka Kijote hasojwe ku mugaragaro ibikorwa by’Ukwezi kwahariwe Umuryango, byaranzwe n’ibikorwa bitandukanye bigamije…
Itangizwa ry’Icyumweru cy’Ubukangurambaga ku Mirire Iboneye no Kurwanya Igwingira
Kuri uyu wa 07 Ugushyingo 2025, Akarere ka Nyabihu katangije ku mugaragaro icyumweru cy’ubukangurambaga ku mirire iboneye no kurwanya igwingira…
Guverineri Ntibitura yifatanyije n’Abaturage gushyira inyongeramusaruro ku bigori
Mu rwego rwo gushyigikira gahunda mbaturabukungu ya FOBASI, none kuwa 06 Ugushyingo 2025,Umuyobozi w’Intara y’Iburengerazuba, Bwana NTIBITURA Jean…
ABAYOBOZI GUHERA KU KAGARI BIYEMEJE IMPINDUKA
Uyu munsi, Umuyobozi w’Akarere ka Nyabihu, Madamu MUKANDAYISENGA Antoinnette, yayoboye inama yize ku byavuye mu mwiherero w’iminsi ine w’Abayobozi…
UMUYOBOZI W’AKARERE MUKANDAYISENGA ANTOINETTE YIFATANYIJE N’ABATURAGE MU BIKORWA BYO GUTERA INYONGERAMUSARURO KU BIGORI
Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa gahunda yo kongera umusaruro w’ibihingwa byatoranyijwe, Umuyobozi w’Akarere ka Nyabihu, Madame MUKANDAYISENGA…